skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Kenyatta yahamije ko azongera agatsinda Odinga utajya wemera itsinzwi

Uhuru Kenyatta imbere y’Abarwanashyaka yahamije bidasubirwaho ko azongera agahigika Raila Odinga mu matora agiye kongera gusubirwamo nyuma y’uko bisabwe n’urukiko rw’ikirenge. Kenya uheruka mu...
8 September 2017 Yasuwe: 1064 0

Burundi: Umushinjacyaha wa Repubulika yagabweho igitero

Umushinjacyaha wa Repubulika mu Ntara ya Rumonge, Donathe Niyonsaba, yasimbutse urupfu nyuma yo guterwa n’umugabo wamusanze mu biro bye kuri uyu wa kane tariki ya 07 Nzeri uyu mwaka....
8 September 2017 Yasuwe: 1633 0

Perezida Gnassingbé wa Togo yasabwe kwegura

Abanyagihugu bari bakoraniye I Lomé ku murwa mukuru wa Togo ku mugoroba wo kuri uyu wa kane mu myigaragambyo isaba ko Perezida Faure Gnassingbé ava ku butegetsi hagahindurwa na bimwe mu itegeko...
8 September 2017 Yasuwe: 509 0

Abarwanyi 85 ba leta ya Kiyisilamu biciwe muri Siriya

Umutwe wihurije hamwe mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu uyobowe na Leta zunze ubumwe za Amerika, wamaze gutangaza ko wishe abarwanyi w’uwo mutwe bagera kuri 85. Uyu mutwe...
8 September 2017 Yasuwe: 484 0

Polisi yakoze umukwabu hafatwa abana 76 muri Ngoma na 19 ba Karongi bataye ishuri

Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Ngoma na Karongi yaganirije ababyeyi b’utu turere ku kibazo cy’abana bata amashuri, ibasaba kurinda abana babo ikintu cyose cyatuma bata ishuri kuko...
8 September 2017 Yasuwe: 471 0

Burera: Polisi ifunze ushinzwe ubuhinzi na babiri banyereje ifumbire

Ushinzwe ubuhinzi n’abandi bantu babiri bashinzwe kugurisha ifumbire n’imbuto ku baturage bo mu karere ka Burera, ku itariki ya 6 Nzeri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda bakekwaho gukoresha...
7 September 2017 Yasuwe: 571 0

Perezida Kagame yifurije ishya n’ihirwe Lourenço watorewe kuyobora Angola

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yifurije ishya n’ihirwe mugenzi we João Lourenço watorewe kubora igihugu cya Angola mu matora yabaye ku wa 23 Kanama uyu mwaka. Umukuru w’Igihugu...
7 September 2017 Yasuwe: 569 0

Minisitiri w’urubyiruko MBABAZI avuga ko azubakira ku gihango urubyiruko bafitanye na Kagame

Bamwe mu rubyiruko baravuga ko iyi myaka irindwi ya manda nshya ya Nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME izarangwa n’ibikorwa bifatika bigamije cyane cyane guhangana n’ikibazo...
7 September 2017 Yasuwe: 1208 1

Tanzania: Depite utavuga rumwe n’ubutegetsi yarasiwe iwe mu rugo

Depite Tundu Lisu, ukomoka mu ishyaka ‘Chadema’ ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu gihugu cya Tanzania, yarasiwe iwe mu rugo ahita ajyanwa mu bitaro igitaraganya. Depite Tundu yarashwe n’umuntu...
7 September 2017 Yasuwe: 1299 0

Trump: Gutera Koreya ya Ruguru sicyo kiza imbere y’ibindi bihangayikishije Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe Amerika, yavuze ko gukoresha ingufu za gisirikare mu gushaka igisubizo ku kibazo cya Koreya ya Ruguru atari ingingo yaza imbere y’ibindi byose. Ibyo...
7 September 2017 Yasuwe: 747 0