skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Tanzania: Polisi yishe irashe umusore ukekwaho kwica abana babiri

Polisi yo mu gihugu cya Tanzania yemeje bidasubirwaho ko yarashe ikica umusore wari ukurikiranyweho kwica abana babiri. Aba bana bakomoka mu Ntara ya Arusha muri Tanzania. Daily News yanditse ko...
7 September 2017 Yasuwe: 815 0

Abategetsi 3 ba Sudani y’Epfo bafatiwe ibihano n’Amerika

Leta zunze ubumwe z’Amerika yafatiye ibihano abategetsi babiri bakomeye bo muri Leta ya Sudani y’Epfo hamwe n’uwahoze ari umukuru w’ibiro bikuru bya gisirikare w’icyo gihugu. Ibyo bihano...
7 September 2017 Yasuwe: 705 0

Bidasubirwaho uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo niwe wabaye Perezida wa Angola

Komisiyo y’amatora mu gihugu cya Angola yemeje bidasubirwaho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Nzeri ko umutwe wa Politiki umaze imyaka 42 ku butegetsi ariwo watsinze amatora y’umukuru w’Igihugu...
7 September 2017 Yasuwe: 1115 0

Gahongayire yongeye kwibuka imfura yabyaye ikitaba Imana

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana akaba umunyamakuru, n’umunyamidelikazi, Aline Gahongayire, yongeye kwibuka umwana w’umukobwa yibarutse akiri kumwe n’umugabo ariko akaza kwitaba Imana,...
7 September 2017 Yasuwe: 1700 0

Abarenga 800,000 bashobora kwirukanwa muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko ashobora kwisubiraho ku cyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda y’impushya zahabwaga abimukira batagira ibyangombwa bageze muri...
6 September 2017 Yasuwe: 978 0

Polisi ifunze barindwi barimo batatu bajyaga mu myitozo ya gisirikare hanze y’u Rwanda

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu barindwi bakurikiranyweho kuba mu mitwe yitwaza intwaro ikorera mu gihugu gihana imbibi n’u Rwanda. Mu batawe muri yombi harimo babatu bafashwe ubwo...
6 September 2017 Yasuwe: 9654 5

Suède: Umunyarwanda agiye kugezwa imbere y’abacamanza ashinjwa Jenoside

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Nzeri uyu mwaka, Ubushinjacyaha muri Suède bwatangaje ko bukurikiranye umugabo w’imyaka 49 y’amavuko ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994....
6 September 2017 Yasuwe: 405 0

Nyagatare: Umugabo yakoresheje ishoka mu kwica umugore we nawe yimanika mu mugozi

Umugabo witwa Murindwa David w’imyaka 33 y’amavuko wari utuye mu Murenge wa Nyagatare, Akarere ka Nyagatare, yakoresheje ishoka mu kwica umugore we witwa Uzayisenga Jenesta, uyu mugabo amaze...
6 September 2017 Yasuwe: 1013 0

Niboye : Barinubira gufungirwa utubari saa tatu z’ijoro

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Niboye mu karere ka Kicukiro barinubira icyemezo bafatiwe n’ubuyobozi bw’umurenge cyo kuba bafunze ahacururizwa inzoga bitarenze saa tatu z’ijoro Amazu amwe...
6 September 2017 Yasuwe: 429 0

Bamwe mu bazunguzayi bahisemo kwihugura mu myuga n’ubukorikori aho guhangana na Police

Mu gihe bamwe mu bahoze ari abazunguzayi bataka igihombo ndetse hakaba hari nabava mu masoko bashyiriweho bagasubira mu muhanda, hari bagenzi babo bo bahisemo kwihugura mu myuga n’ubukorikori....
6 September 2017 Yasuwe: 316 0