Polisi yo mu gihugu cya Tanzania yemeje bidasubirwaho ko yarashe ikica umusore wari ukurikiranyweho kwica abana babiri. Aba bana bakomoka mu Ntara ya Arusha muri Tanzania.
Daily News yanditse ko...
Komisiyo y’amatora mu gihugu cya Angola yemeje bidasubirwaho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Nzeri ko umutwe wa Politiki umaze imyaka 42 ku butegetsi ariwo watsinze amatora y’umukuru w’Igihugu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko ashobora kwisubiraho ku cyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda y’impushya zahabwaga abimukira batagira ibyangombwa bageze muri...
Umugabo witwa Murindwa David w’imyaka 33 y’amavuko wari utuye mu Murenge wa Nyagatare, Akarere ka Nyagatare, yakoresheje ishoka mu kwica umugore we witwa Uzayisenga Jenesta, uyu mugabo amaze...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Niboye mu karere ka Kicukiro barinubira icyemezo bafatiwe n’ubuyobozi bw’umurenge cyo kuba bafunze ahacururizwa inzoga bitarenze saa tatu z’ijoro
Amazu amwe...
Mu gihe bamwe mu bahoze ari abazunguzayi bataka igihombo ndetse hakaba hari nabava mu masoko bashyiriweho bagasubira mu muhanda, hari bagenzi babo bo bahisemo kwihugura mu myuga n’ubukorikori....