Ikigo cy’imari “Goshen finance” ishami ryo mu mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu ryibwe amafaranga y’u Rwanda agera kuri 22 200 000.
Ibi byabaye mu ijoro ryakeye rya tariki ya 02 Nzeri 2017...
Umunyabigwi akaba umunyamuziki Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yanyuze ibihumbi byitabiriye igitaramo cyabereye mu mujyi wa Nyamata mu karere ka Bugesera kuri Golden Tulip Hotel.
Uyu musore...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yamaze guhishura ko mu gihe yari atwite yabaye mu buzima bwifuza kurya Biscuit za Compat kurigata ibumba no gushaka ko umugabo we amuhora...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Nzeri 2017 Prof Romain Murenzi yongeye gutorerwa kuyobora Inteko y’intiti muri sciences ku Isi izwi ku izina rya TWAS (The World Academy of Sciences).
Uyu...
Umubare w’abantu badafite akazi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika waragabanutse mu kwezi kwa munani. Cyakora urwunguko mu mirimo ruri munsi y’urwo inyinshi mu mpuguke mu by’ubukungu zari ziteze....
Umuhanzikazi Young Grace w’urubavu ruto akaba imfura mu muryango w’abana batatu, yatangaje ko amaze umwaka urenga ari mu munyenga w’urukundo n’umuzungu banateganya kurushinga.
Abayisenga Marie...
Abaturage bo mu karere ka Karongi barashishikarizwa guca ukubiri n’ibiyobyabwenge cyane cyane kanyanga n’inzoga z’inkorano. Ubu butumwa babuhawe nyuma y’uko muri ako karere mu murenge wa Bwishyura...
Mu ijoro ryo ku itariki 31 Kanama, Polisi ikorera mu karere ka Kirehe, sitasiyo yayo ya Gatore , ku bufatanye n’abaturage yafashe moto ebyiri zari zipakiye imyenda ya caguwa ya magendu....