Musabwa Bibarwa Patrick wamamye nka Kitoko muri muzika nyarwanda yamaze kuva mu Rwanda aho yari yaje mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi wanegukanye intsinzi mu matora y’umukuru...
Bamwe mu baturage bafungiwe mu bigo ngororamuco baratabariza abo basizemo kuko batizeye ko bazavamo amahoro.
Barahamya ko ibyo bakorerwa biba bigamije kwica aho kwitwa ko ari ukugorora...
Mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017 hafashwe abarundi 6 bari bafite ibiro 300 by’ikawa binjizaga mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko.
Ibi byabereye ku musozi wa Runyinya,...
Umugabo wo mu gihugu cya Uganda utatangajwe amazina afunzwe na Polisi y’iki gihugu nyuma yo kwiyicira umugore we amuziza ko yitabye telefone mu masaha y’ijoro.
Uyu mugabo w’imyaka 38 y’amavuko...
Perezida wa Republika Paul Kagame atangaza ko Ubukereraugendo bufite uruhare rukomeye mu iterambere ry’ ubukungu no guha urubyiruko akemeza ko hagikenewe ubufatanye kugira ngo hakurweho imbogamizi...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi na Nyabihu ifatanyije n’abaturage bakoze umukwabu hafatwa inzoga zitemewe n’amategeko zizwi ku izina...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yibarutse umwana w’umuhungu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Kanama 2017.
Anita usanzwe ukorera Televiziyo y’Igihugu...
Umuryango w’Abibumbye, Loni watangaje ko bari kwiga uburyo hakongerwa ingabo zikoresha Igifaransa mu butumwa bw’Amahoro hirya no hino ku Isi.
Loni itangaza ko ahari ibikorwa byo kubungabunga...
Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys, yakoresherejwe ibirori by’isabukuru ye n’umukunzi we bagiye kurushinga mu Ukubuzo uyu mwaka wa 2017.
Ibi birori bibaye ku...