skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Kitoko yerekeje mu Bwongereza nyuma y’ukwezi n’iminsi 18

Musabwa Bibarwa Patrick wamamye nka Kitoko muri muzika nyarwanda yamaze kuva mu Rwanda aho yari yaje mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi wanegukanye intsinzi mu matora y’umukuru...
30 August 2017 Yasuwe: 1311 0

Abanyuze mu bigo Ngororamuco basigiwe ihungabana baratabariza abo babisizemo

Bamwe mu baturage bafungiwe mu bigo ngororamuco baratabariza abo basizemo kuko batizeye ko bazavamo amahoro. Barahamya ko ibyo bakorerwa biba bigamije kwica aho kwitwa ko ari ukugorora...
30 August 2017 Yasuwe: 2603 1

Abarundi 6 bafatanywe ibiro 300 by’ikawa binjizaga mu Rwanda

Mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017 hafashwe abarundi 6 bari bafite ibiro 300 by’ikawa binjizaga mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko. Ibi byabereye ku musozi wa Runyinya,...
30 August 2017 Yasuwe: 670 0

Uganda: Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we amuziza kwitaba telefone

Umugabo wo mu gihugu cya Uganda utatangajwe amazina afunzwe na Polisi y’iki gihugu nyuma yo kwiyicira umugore we amuziza ko yitabye telefone mu masaha y’ijoro. Uyu mugabo w’imyaka 38 y’amavuko...
30 August 2017 Yasuwe: 774 0

Ubukerarugendo bufite uruhare rukomeye mu iterambere ry’ubukungu-P.Kagame

Perezida wa Republika Paul Kagame atangaza ko Ubukereraugendo bufite uruhare rukomeye mu iterambere ry’ ubukungu no guha urubyiruko akemeza ko hagikenewe ubufatanye kugira ngo hakurweho imbogamizi...
29 August 2017 Yasuwe: 189 0

Rusizi, Nyabihu: Polisi yafashe inzoga zitemewe n’ibiyobyabwenge

Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi na Nyabihu ifatanyije n’abaturage bakoze umukwabu hafatwa inzoga zitemewe n’amategeko zizwi ku izina...
29 August 2017 Yasuwe: 196 0

Anita Pendo yibarutse imfura ye

Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yibarutse umwana w’umuhungu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Kanama 2017. Anita usanzwe ukorera Televiziyo y’Igihugu...
29 August 2017 Yasuwe: 1417 1

Icyo u Rwanda ruvuga ku cyifuzo cya Loni cyo kongera ingabo zivuga Igifaransa

Umuryango w’Abibumbye, Loni watangaje ko bari kwiga uburyo hakongerwa ingabo zikoresha Igifaransa mu butumwa bw’Amahoro hirya no hino ku Isi. Loni itangaza ko ahari ibikorwa byo kubungabunga...
29 August 2017 Yasuwe: 8343 2

Abasirikare ba Centrafrique 40 banduye SIDA bangiwe gukorera imyitoza mu Rwanda

Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo kubuza abasirikare bagera kuri 40 ba Centrafrique gukora imyitoza, nyuma y’uko bapimwe bagasanganwa ubwandu bwa SIDA. Itsinda ry’abasikare 200 ba...
29 August 2017 Yasuwe: 4604 2

Humble yakorewe ibirori by’isabukuru n’umukunzi we bagiye kurushinga-AMAFOTO

Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys, yakoresherejwe ibirori by’isabukuru ye n’umukunzi we bagiye kurushinga mu Ukubuzo uyu mwaka wa 2017. Ibi birori bibaye ku...
29 August 2017 Yasuwe: 2631 0