Mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 Nzeli 2017 Imbunda yo mu bwoko bwa AK47 yavumbuwe ubwo havidurwaga umusarane w’inzu iheruka kugurwa n’abajyanama bw’ubuzima mu Mudugudu w’Inkurunziza.
Ibi byabereye...
Leta y’Uburundi, Tanzaniya, hamwe na HCR kuri uyu wa kane tariki ya 31 Kanama 2017 batangaje ko bageze ku mwanzuro wo gutahukana impunzi z’Abarundi bifuza gusubira mu gihugu cyabo.
Ni mu gihe...
Urukiko rw’ ikirenga mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Nzeli 2017 rwasheshe ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya aheruka rutegaka ko andi matora azakorwa bitarenze iminsi 60....
Bamwe mu bahungu biga ku kigo cy’amashuri yisumbuye cya GS St François d’Assise Kansi mu karere ka Gisagara, barashinja umwarimu wabo kubakoresha ubutinganyi.
Uyu mwarimu ukurikiranyweho...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari amakosa yajyaga avugirwa mu mwiherero ariko ko noneho bigeze aho kwihangana birambiranye kuburyo mu minsi ya vuba azajya avuga uko ikosa ryakozwe ndetse n’igihe...