Ku mugoroba wo ku wa 31 Kanama, ntibyashobokeye uwitwa Uwiringiyimana, wo mu murenge wa Nyamugari , mu karere ka Kirehe , kugera ku mugambi we wo guha umupolisi ruswa y’amafaranga 38,000 kugirango...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Nzeli 2017, The East African yandikirwa mu gihugu cya Kenya yasohoye inkuru igizwe n’imirongo ine yanyujijemo itangazo ry’urukiko rw’ikirenge rwasabye...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryamaze gusaba Ferwafa[Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda] ko bakwigiza inyuma amatora y’umuyobozi wa Ferwafa yari ateganyijwe.
Mu...
Mbere ya saa sita zo kuri uyu wa 01 Nzeri 2017 Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro ‘Bisate Lodge’ iherereye mu majyepfo ya Pariki y’Iburunga mu Majyaruguru y’u Rwanda.
Bisate Lodge ni imwe...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tarimi ya 1 nzeri 2017 Perezida Kagame ari kumwe n’umuherwe Haward Buffet batashye ku mugaragaro umushinga ‘One Border Post La Corniche’ wuzuye mu karere ka...
Mu gihugu cya kenya hari umudugudu witwa Umoja ufite umwihariko wo guturwa n’abagore gusa, aba biyemeje gutura bonyine bitewe n’ihohoterwa bakorerwaga n’abagabo no kuba nta burenganzira na bucye...
U Rwanda rugiye gutaha Umushinga one stop border Post La Corniche uherereye ahazwi nka Grande Barrière ho mu karere ka Rubavu ruhuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, imirimo yo...
Perezida Kagame Paul witabiriye umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wabereye mu kinigi mu karere ka Musanze, yavuze inkuru y’uburyo yari kumwe n’abashyitsi mu myaka 14 ishize bagiye kureba...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yahisemo kwita umwana w’ingagi ‘Uruyange’ yavuze ko ari izina amaze iminsi atekerezaho bishimangirwa n’inzira abahanzi bahisemo yo gukundisha abanyamahanga u...