Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 kanama 2017 Ababyeyi babyukiye ku murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba bagiye gukorera ubuvugizi mugenzi wabo wakubiswe n’umupolisi...
Umukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad al Hussein, yatangaje kur’uyu wa gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru i Geneve mu Busuwisi ko itangazamakuru ryo...
Hafi saa tanu n’iminota 35, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 20, ‘abanyamabanga ba Leta 11.
Murekezi Anastase wari Minisitiri w’Intebe ,...
Minisitiri w’Intebe mushya wa 11 u Rwanda rugize, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gushyirwa mu mirimo yo gukorera igihugu cye, yijeje abaturage ubufatanye buhoraho mu...
Ngabo Medard wamamaye nka Meddy ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahishuye ko atari yajya mu rukundo ko ariko ari gutereta umukobwa wo muri Amerika yirinze gutangaza izina rye....
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017 ahagana i saa saba n’iminota micye nibwo Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda yasohoye itangazo riramenyesha ko Perezida wa Republika Paul Kagame ,...
Gen.Godefroid Niyombare yamaze gutangaza ko we n’abo ayoboye bahuriye mu mutwe w’inyeshyamba zirwanya u Burundi ((les Force républicaines du Burundi-FOREBU) biteguye gutera iki gihugu mu gihe...