Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Kanama 2017, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda (FPU) 160 bayobowe na Assistant Commissioner of Police (ACP) Faustin Ntirushwa bagarutse mu Rwanda,...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 kanama 2017, umuririmbyi w’umuhanga Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yakoreye igitaramo muri Convention Center ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB),...
Umuhanzi Ngabo Medard (Meddy) yatangaje ko we na mugenzi w’umunyamuziki, The Ben bafashe umwanzuro wo gutoroka igihugu bagamije kwiteza imbere, ngo bashima bikomeye Guverinoma y’u Rwanda yumvise...
Kuri uyu wa 26 kanama 2017 igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bya misile bitatu.
Abategetsi muri Koreya y’Epfo batangaje ko ibi bisasu...
Nyina wa Meddy uri mu bari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali I kanombe,yavuze ko yahoranga impungenge yibaza uko umuhungu abayeho ubwo yari amaze kwiyemeza gutura muri leta zunze ubumwe...
Itsinda rya Urban Boys rimaze kuba ubukome muri muzika bamaze kunona umushinga w’indirimbo bafatanyije na Kitoko Bibarwa uri mu Rwanda nyuma y’imiyaka igera kuri itanu adakandira mu gihugu.
Aba...
Mutesi Parfine umugore w’ubaranga ubarizwa mu Busuwisi yanditse asubiza uwahoze ari umukunzi we biteguraga kurushinga, Safi Madiba.Mu butumwa bwe bwibanze ku gusobanura ko ‘intera’ itatuma...