Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 28 Kanama 2017, umukuru w’Umudugudu wo mu karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru yishwe n’umuturage ubwo yari agiye gutabara.
Ngo uyu mukuru w’umudugudu...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Kinyabab, abaturage bagera kuri 20 bajyanywe kwa muganga nyuma y’uko bariye ibiryo bihumanye mu bukwe bw’umuturanyi bari bitabiriye.
Ibi byabaye mu mpera...
Hari bamwe mu bayobozi b’amadini bavuga ko kutigisha abayoboke kwiteza imbere ahubwo ukabategeka guhora mu nsengero badakora ,ari ubuyobe bukomeye.
Ivugabutumwa ni imwe mu ngingo itajya ikunda...
Inkunga igenerwa ibikorwa by’imitwe ya politiki iri mu ihuriro nyunguranabitekerezo, yarazamutse guhera umwaka ushize, kuko yavuye kuri miliyoni zibarirwa hagati y’10 na 15 ikagera kuri miliyoni...
Ku mukino wayo wa mbere wabaye ku itariki 27 Kanama uyu mwaka, Polisi y’u Rwanda yatsinze Polisi ya Kenya ibitego bitatu kuri kimwe mu marushanwa yateguwe n’Umuryango uhuza Abakuru ba Polisi zo...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gahara mu karere ka Kirehe baratabaza inzego zisumbuyeho ngo zikurikirane ruswa yiganje mu itangwa ry’inka muri gahunda ya “Girinka” igaragara cyane mu nzego...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017 nibwo Sergeant Major Namegabe Ndosa Jean Paul winjiye mu Rwanda ku wa Gatandatu saa yine z’igitondo yashyikirijwe Repubulika Iharanira Demokarasi ya...