Mpayimana Philippe uri muri batatu bahatanira kuyobora Igihug cy’u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi , yibarutse umwana w’umuhungu mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga.
Mu...
Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017, i Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba bw’u Rwanda Imodoka itwara abagenzi ya sosiyete ya RITCO,...
Umunyamideli Zari Hassan umugore w’umuririmbyi Diamond yapfushije umubyeyi we mu gitondo cyo kuwa 20 Nyakanga 2017. Halima Matovu Hassan[Umubyeyi wa Zari] yashyinguwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melody atangazwa n’urwego agezeho kuva yatangira gukora muzika yihebeye, bishimangirwa no kuba asigaye yicara mu mwanya w’icyubahiro iyo ari mu ndege yerekeza mu...
Ma Yun ‘Jack Ma’ washinze ikigo cya Alibaba Group Holding Limited gikora ubucuruzi kuri interineti (e-commerce), uri mu Rwanda yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ruherereye ku...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....