Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben muri muzika nyarwanda akaba asigaye atuye muri Amerika (USA) ahamanya ko ubwogero (Douche) bwazamuye inganzo ye, ngo mu gihe ari koga yumva neza amajwi...
Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo Umuherwe Jack Ma washinze ikompanyi ikora ibijyanye n’ubucuruzi bwo kuri internet "Alibaba Group" yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama...