Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The...
Toya Wright wahoze ari umugore w’umuraperi Dwayne Michael Carter Jr benshi bazi nka Lil Wayne yakorewe ibirori byo kwitegura ku kubyara bizwi nka Baby Shower.
Uyu mugore ataratandukana na Lil...
Mu bikorwa Polisi y’u Rwanda yakoze ku wa 15 Mutarama uyu mwaka byo kurwanya ibikorwa byo kwangiza ibidukikije yafashe abantu barindwi bacyekwaho gukora ibi byaha.
Abagabo batandatu, ari bo:...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Mutarama, inzego zitandukanye zirimo na Polisi y’u Rwanda zahuriye n’abacuruzi b’ibirayi n’abaturage b’umurenge wa Kanyinya ku ikusanyirizo ry’ibirayi rya Nzove,...
Igikona cyatumye indege yari itwaye abasirikare benshi isubira hasi nyamara yari yagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.
Iyo ndege yagonganye n’icyo gikona ivuye hasi...
Umuririmbyi TMC wa Dream Boys atangaza y’uko uyu mwaka mushya wa 2018 afitemo ibyifuzo bitatu kuburyo bizasingira uwa 2019 akora ubukwe nk’uko ari umuhingo amaranye igihe.
TMC wavutse yitwa...
Sacha Kat wavuzwe bigatinda mu rukundo na Nizzo Kaboss wa Urban Boys, yinjiye mu rukundo rushya n’umugabo w’umuherwe wamaze kumugurira inzu n’ibindi bikoresho nkenerwa mu buzima bwa buri munsi....