Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Michelle Obama ari kumwe n’umukobwa we basohokeye ku mucanga wo mu mujyi wa Miami bambaye umwambaro wa ‘bikini’.
Michelle n’imfura...
Ku cyumweru tariki 14 Mutarama uyu mwaka ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wo gusezera mu cyubahiro Abofisiye bayo bagera ku 111 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru....
Kuri uyu wa 14 Mutarama, 2018 ibikorwa byo gushakisha Nyampinga w’igihugu byakomereje mu ntara y’Uburengerazuba mu Karere ka Rubavu, Aka Karere akaba ariko kibarutse Miss Mutesi Jolly wa 2016,...
Ibyavuye mu biganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame na mugenzi we wa Tanzaniya John Magufuli n’uko uyu mwaka wa 2018 urangira ibihugu byombi bitangiye kubaka umuhanda wa gari...
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame yageze muri Tanzania mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe aho yakiriwe na mugenzi we Perezida John Magufuli.
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Mutarama 2018 nibwo mu gihugu cy’Ububiligi batoraga Nyampinga w’iki gihugu aho byarangiye umukobwa witwa Angeline Flor Pua w’imyaka 22 y’amavuko...