Abagabo babiri bafunzwe bazira guha ruswa abagize inzego z’umutekano kugira ngo be guhanirwa ibyo bakoze ku wa 21 Ukuboza uyu mwaka binyuranyije n’amategeko.
Abafunzwe ni Mugwaneza Jean Sauveur...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Ukuboza 2017 nibwo umunyarwanda Gatsinzi Fidele yagarutse mu Rwanda nyuma yo kumara iminsi 12 afungiye mu gihugu cya Uganda aho yakorewe iyicarubozo.
Gatsinzi...
Igisirikare cya Uganda cyateye ikambi z’inyeshamba z’umutwe wa ADF uherereye mu karere ko mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Congo (RD Congo).Ni igitero cyagabwe ahagana saa sita zo kuri uyu...
Mu matora yabaye mu Nteko Nshingamategeko y’igihugu, Perezida w’igihugu cya Peru, Pedro Pablo Kuczynski habuze gato ngo akurwe ku butegetsi ashinjwa n’abatamushyigikiye kurya ruswa.
Abatavuga...
Umuyobozi wa Radio Isango Star akaba n’Umunyamakuru ukomeye Jean Lambert Gatare yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Nikuze Odette.Ni nyuma y’uko Gatare apfushije umugore we, Emmerence...
Perezida wa Komosiyo y’Itorero ry’Igihugu, Bwana Edouard Bamporiki yakoresheje inyandiko yumvikanisha ko ibyakozwe n’umunyamideli Niyigena Solange bidakwiye mu maso ya rubanda.
Ni nyuma y’uko...
Humble Jizzo ugiye kumara icyumweru muri Leta zunze ubumwe za Amerika yerekanywe mu muryango w’umukunzi we Amy Blauman bamaranye imyaka ine mu munyenga w’urukundo.
Aba bombi bavuye mu Rwanda...
Mu mahugurwa yakozwe kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017 ateguwe n’umuryango Rwanda Education for All Coalition (REFAC), yahurije hamwe abayobozi b’inzego zitandukanye bo mu karere ka Bugesera bafite...