skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Hari kugeragezwa uburyo bwo kurwanya ibyonnyi birimo na nkongwa idasanzwe

Mu Rwanda hatangiye kugeragezwa uburyo bw’imihingire bugamije kurwanya ibyonnyi birimo na nkongwa idasanzwe. Ubu buryo buzwi nka ’’Push-Pull’’ kuri uyu wa Gatanu bwaganiriweho n’abashakashatsi...
23 December 2017 Yasuwe: 346 0

Babiri bafungiye guha ruswa umusirikare n’umupolisi

Abagabo babiri bafunzwe bazira guha ruswa abagize inzego z’umutekano kugira ngo be guhanirwa ibyo bakoze ku wa 21 Ukuboza uyu mwaka binyuranyije n’amategeko. Abafunzwe ni Mugwaneza Jean Sauveur...
23 December 2017 Yasuwe: 612 0

Uganda: Uwashinjwaga kuba maneko w’u Rwanda yagarutse adakandagira

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Ukuboza 2017 nibwo umunyarwanda Gatsinzi Fidele yagarutse mu Rwanda nyuma yo kumara iminsi 12 afungiye mu gihugu cya Uganda aho yakorewe iyicarubozo. Gatsinzi...
22 December 2017 Yasuwe: 5018 0

Igisirikare cya Uganda cyakoresheje indege n’ibitwaro barasa inyeshyamba

Igisirikare cya Uganda cyateye ikambi z’inyeshamba z’umutwe wa ADF uherereye mu karere ko mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Congo (RD Congo).Ni igitero cyagabwe ahagana saa sita zo kuri uyu...
22 December 2017 Yasuwe: 1503 0

Perezida wa Peru habuze gato ngo akurwe ku butegetsi azira ruswa

Mu matora yabaye mu Nteko Nshingamategeko y’igihugu, Perezida w’igihugu cya Peru, Pedro Pablo Kuczynski habuze gato ngo akurwe ku butegetsi ashinjwa n’abatamushyigikiye kurya ruswa. Abatavuga...
22 December 2017 Yasuwe: 298 0

Umunyamakuru Jean Lambert yasezeranye n’umukunzi we

Umuyobozi wa Radio Isango Star akaba n’Umunyamakuru ukomeye Jean Lambert Gatare yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Nikuze Odette.Ni nyuma y’uko Gatare apfushije umugore we, Emmerence...
22 December 2017 Yasuwe: 969 1

Ibiteye amatsiko ku nzu ihenze ku isi yaguzwe n’igikomangoma cya Arabia Saudite-AMAFOTO

Igikomangoma cya Arabia Saudite ,Prince Mohammed Bin Salman cyaguze inzu ihenze kurusha izindi iherereye mu gihugu cy’Ubufaransa yubatswe kuva muri 2008 imirimo isozwa muri 2011 bivuze ko yamaze...
22 December 2017 Yasuwe: 2654 1

Umukobwa wambaye ubusa akitera ibendera ry’igihugu yamaganywe-AMAFOTO

Perezida wa Komosiyo y’Itorero ry’Igihugu, Bwana Edouard Bamporiki yakoresheje inyandiko yumvikanisha ko ibyakozwe n’umunyamideli Niyigena Solange bidakwiye mu maso ya rubanda. Ni nyuma y’uko...
22 December 2017 Yasuwe: 2865 3

Humble yakiriwe kwa Sebukwe-AMAFOTO

Humble Jizzo ugiye kumara icyumweru muri Leta zunze ubumwe za Amerika yerekanywe mu muryango w’umukunzi we Amy Blauman bamaranye imyaka ine mu munyenga w’urukundo. Aba bombi bavuye mu Rwanda...
22 December 2017 Yasuwe: 512 0

’Hari icyuho hagati y’ abakoresha n’ abatanga uburezi’ REFAC

Mu mahugurwa yakozwe kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017 ateguwe n’umuryango Rwanda Education for All Coalition (REFAC), yahurije hamwe abayobozi b’inzego zitandukanye bo mu karere ka Bugesera bafite...
22 December 2017 Yasuwe: 445 0