Abahagarariye ishyaka rya ANC muri Afrika y’epfo, batoye kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Ukuboza 2017, Cyril Ramaphosa kuba umukuru w’iri shyaka, ANC(African National Congress).
Aba kandida...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben utuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, amaze iminsi mike agarutse ku mugabane w’Afurika mu buryo butamenywe na benshi kugeza ubu.
Uyu muhanzi...
Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku isi, Papa Francis, kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Ukuboza, 2017 yakoresherejwe ibirori by’isabukuru y’amavuko aho yujuje imyaka 81 y’amavuko amaze avutse....
Polisi muri Australiya iravuga ko umugabo yatawe muri yombi i Sydney ashinjwa kunekera Koreya y’Amajyaruguru mu rwego rw’ubukungu.
Chan Han Choi w’imyaka 59, aregwa kuba yararenze ku mategeko...
‘Hoteli Kiyovu’, indirimbo idashidikanwaho na benshi mu zacuranzwe n’abanyarwanda mu njyana n’ubutumwa buyigize.Yigaruriye imitima ya benshi izamura igikundiro cyayo binyuze mu mudiho uyigize.Abazi...
Maniraruta Martin wiyeguriye muzika nka Mani Martin, yakomoje ku nzira y’umusaraba yanyuze ava Kigali yerekeza muri Uganda mu mushinga w’indirimbo yari afitanye na Eddy Kenzo wo gusubiramo...