Inzego zibanze zo zifatanyije na Polisi y’igihugu bari gushakisha umukecuru witwa Ntamugize Eugenie uri mu kigero cy’imyaka 67 aho akurikiranyweho gutwika umwana uri mu kigero cy’imyaka irindwi ku...
Abacamanza b’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, bahaye inshumbusho(ingurane) ya miliyoni 10 z’amadolari, abana binjijwe mu gisirikare cya Thomas Lubanga muri Kongo.
Bivugwa ko ari ubwa mbere...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Safi Niyibikora abinyujije muri ‘Madiba Foundation’ basuye banagera imiryango ituye mu Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje ko ku matariki ya 30 na 31 Ukuboza 2017 nta muganda rusange uzakorwa nk’uko byari bisanzwe mu matariki asoza ukwezi.
Ibinyujije mu...