skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Umunyeshuri mu by’amategeko yimwe diplome kubera umwambaro

Amasa Firdaus, Umunyeshuri wiga ibijyanye n’amategeko mu gihugu cya Nigeria yimwe impamyabushobozi ya Kaminuza kuko yanze gukuramo umwambaro w’abayisilamukazi ugaragaza agace gato ko mu maso uzwi...
16 December 2017 Yasuwe: 416 0

Abacuruzi ba SHISHA baravuga ko batewe igihombo no kuba yahagaritswe

Nyuma y’uko Minisiteri y’ubuzima itangarije ko itabi rizwi nka Shisha riciwe burundu ku butaka bw’u Rwanda, irasaba abarinyoyeho kugana abaganga bakareba uko ubuzima bwabo buhagaze kuko ngo rifite...
16 December 2017 Yasuwe: 475 0

Kamonyi: Umwana yatwikishijwe icyuma gishyushye ku gitsina

Inzego zibanze zo zifatanyije na Polisi y’igihugu bari gushakisha umukecuru witwa Ntamugize Eugenie uri mu kigero cy’imyaka 67 aho akurikiranyweho gutwika umwana uri mu kigero cy’imyaka irindwi ku...
15 December 2017 Yasuwe: 1079 0

Abana binjijwe mu gisirikare na Lubanga bahawe indishyi

Abacamanza b’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, bahaye inshumbusho(ingurane) ya miliyoni 10 z’amadolari, abana binjijwe mu gisirikare cya Thomas Lubanga muri Kongo. Bivugwa ko ari ubwa mbere...
15 December 2017 Yasuwe: 184 0

Safi yageneye imiryango itishoboye ibiribwa-AMAFOTO

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Safi Niyibikora abinyujije muri ‘Madiba Foundation’ basuye banagera imiryango ituye mu Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali...
15 December 2017 Yasuwe: 640 0

Impinduka ku muganda usoza umwaka wa 2017

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje ko ku matariki ya 30 na 31 Ukuboza 2017 nta muganda rusange uzakorwa nk’uko byari bisanzwe mu matariki asoza ukwezi. Ibinyujije mu...
15 December 2017 Yasuwe: 1000 0

Nyina wa Diamond yihanije abamucyurira ko yerekana abana ba Zari gusa

Umubyeyi w’umuhanzi Diamond Platnmuz wo mu gihugu cya Tanzaniya yihanije abakomeje kumusaba ko yakwerekana umwana umuhungu we yabyaranye na Hamisa Mobeto.Ni nyuma y’uko uyu mubyeyi akomeje...
15 December 2017 Yasuwe: 1628 0

U Buhinde: Ingwe yatashye ubukwe, ubwoba butaha abatumiwe

Abatumiwe mu bukwe mu gihugu cy’u Buhinde batunguwe bikomeye nyuma y’aho babonye undi mushyitsi batari biteze kuva ubukwe bwatangira. Uwo mutumirwa si uwundi ni ingwe nini yahutse ubwo bukwe...
15 December 2017 Yasuwe: 1902 0

Menya ikintu Priscillah yakoze akumva arasebye-IKIGANIRO

Umuhanzikazi Umuratwa Priscillah wamamaye nka Princess Priscillah yatangaje byinshi ku buzima abayemo kuva yagera muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yiga akanakurikirana amasomo muri Kaminuza....
15 December 2017 Yasuwe: 1519 0

U Rwanda rwiyambaje impuguke zo muri Amerika ngo ukuri ku ruhare rw’ u Bufaransa muri jenoside yakorewe abatutsi kuge ahagaragara

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba Louise Mushikiwabo, akaba n’ umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda aratangaza ko leta y’u Rwanda itazahwema kugaragaza...
15 December 2017 Yasuwe: 614 1