Harare-Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Munangagwa yarahije abagize Guverinoma nshya abasaba gukorera hamwe muri iki gihe igihugu cyasubiye inyuma mu bukungu.
Ni kunshuro ya mbere mu mateka...
Abantu batanu nibo bakomerekejwe na Gerenade yatewe mu ijoro ryo kuri uwu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 muri zone Bwiza mu mujyi wa Bujumbura. Ahagana saa moya z’umugoroba.
Polisi ivuga ko...
Mwishywa w’uwahoze ari Perezida Zimbabwe,Robert Gabriel Mugabe yahunze igihugu, avuga ko anejejwe no kuba yarabaye muri Guverinoma ya Mugabe ariko ko atari kuguma mu gihugu mu gihe cyose abona ko...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 nibwo umwe mu bayobozi b’abatavuga rumwe na leta muri Kenya, David Ndii, yatawe muri yombi.
Umwunganira mu mategeko yavuze ko yiteze ko aza gushinjwa...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 ko ashyigikiye kandidatire y’umurepubulikani Roy Moore urimo guhatanira umwanya wo...
Abayobozi bo mu Bushinwa bafunze ikigo kigishaga abagore kubaha abagabo no gutegekwa nabo.
Ibiro bishinzwe uburezi mu Bushinwa biravuga ko icyo kigo cyavugaga ko kigisha amahame gakondo...
Ntabanganyimana Jean de Dieu wamamaye nka Jay Rwanda mu bamurika imideli yongeye kwegukana iki gihembo nyuma y’uko kuwa 02 Ukuboza 2017 agizwe Rudasumbwa w’Afurika mu basore baturutse impande zose...
Bahati wo mu itsinda rya Just Family yasobanuye byimbitse uko byagenze kugirango Bishop Rugagi abe amufitiye ideni ry’amadorali 200, anavuga ko abitse amabanga menshi atifuza gutangaza kuko...