skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Isura y’umukobwa ugamije gusa na Angelina ikomeje kwangirika-AMAFOTO

Ni kenshi bamwe mu bafana bakunda abahanzi kugera n’ubwo bifuza gusa nabo cyangwa kwambara nkabo.Benshi bahitamo gusa n’ibyamamare usanga bibahira cyangwa bikanga bagatangira kugira ibindi bibazo...
30 November 2017 Yasuwe: 3452 0

Aba Perezida ba Afurika bemeje kunoza ubumwe no gufasha abimukira muri Libya

Inama yahuzaga Afurika n’Uburayi yasoje imirimo yayo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane i Abidjan muri Cote d’Ivoire abari bayiteraniyemo biyemeje gukemura ibibazo byihutirwa birimo icy’abanyafurika...
30 November 2017 Yasuwe: 1162 0

Jay z yemeye ko yaciye inyuma Beyonce mu myaka icyenda ishize

Umurimbyi Jay z wamamaye mu njyana ya rap yemeje bidasubirwaho ko mu myaka icyenda yatambutse yigeze gucikwa agaca inyuma umugore we Beyonce w’abana babiri. Ibi abitangaje nyuma y’iminsi mike...
30 November 2017 Yasuwe: 1548 0

Ubuhamya bw’iyicarubozo umwirabura yakorewe agacuruzwa 3 akanyweshwa peteroli

Harun Ahmed n’umwe mu bihumbi n’ibihumbi by’abasore bo muri Ethiopia bagerageje gufata urugendo rurerure baciye mu butayu bwa Sahara bagera muri Libya, bafite intumbero yo kujya i Buraya. Ubu...
30 November 2017 Yasuwe: 3062 0

ACP Badege yakomoje ku barinzi b’ibigango bacunga umutekano w’abahanzi

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko kuba hari abahanzi nyarwanda basigaye bakoresha abashinzwe umutekano bazwi nka ‘Bodyguards’ ntakibazo ahubwo ko aho basore b’ibigango bagomba kubikora bafite...
30 November 2017 Yasuwe: 4495 0

Uganda: Umwana wiga mu mashuri abanza afungiye gusambanya inka

Polisi yo mu Karere ka Kibuku mu Burasirazuba bwa Uganda yataye muri yombi umunyeshuri wiga mu mashuri abanza w’imyaka 17 y’amavuko ukurikiranyweho gusambanya inka. Umuvugizi wa Polisi mu gace...
30 November 2017 Yasuwe: 1297 1

Rusizi : Umunyerondo ngo yakubiswe n’umukuru w’umudugudu avunika urubavu

Umuturage witwa Uwimana Samuel utuye mu mudugudu wa Rusayo, Akagari ka Nyange mu Murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi aravuga ko umuyobozi w’uyu mudugudu aherutse kumukubita amusanze ku irondo....
30 November 2017 Yasuwe: 493 0

Rubavu: Polisi ntiramenya uwatwitse imodoka ya Benda uri mu bitaro

Kuwa mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2017 mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi mu Kagari ka Kivumu, abantu bataramenye bateye urugo rwa Benda Timothy batwika imodoka yari iparitse mu gipangu...
30 November 2017 Yasuwe: 3790 0

Perezida Buhari yahagurikiye icuruzwa ry’abaturage be muri Libya

Prezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yavuze ko abanye Nigera bose baheze mu gihugu cya Libya bagomba gutaha iwabo bakanafashwa uko basubizwa mu buzima busanzwe. Avuga ku mavideo amaze imisi...
30 November 2017 Yasuwe: 822 0

Yagotomeye uburozi mu rukiko mpuzamahanga

Slobodan Praljak umwe mu babaye mu buyobozi bw’igitugu bwa Bosnia, imwe muri za leta zari zigize icyahoze ari Repubulika ya Yugoslavia yapfiriye mu rukiko amaze kunywa uburozi. Jenerali Praljak...
30 November 2017 Yasuwe: 1405 0