Perezida wa Repubulika Paul Kagame aributsa abanyarwanda ko imbaraga zabo ari izibanze mu guteza igihugu imbere batarambirije ku nkunga z’amahanga gusa. Ibi yabitangaje ubwo yifatanyaga n’abaturage...
Nyuma yo gukorana umuganda n’abaturage usoza ukwezi kwa cumi kuri uyu wa 28 Ukwakira 2017 Perezida Paul Kagame yahise afungura kumugaragaro ikibuga cya Cricket cyuzuye mu i Gahanga mu Rwanda....
Ibyishimo by’ikirenga mu muryango ufatwa nk’uwa mbere mu byamamare byashinze urugo, Tariki ya 28 Ukwakira ni umunsi udasanzwe mu muryango wa Tom Close kuko aribwo yizihiza isabukuru y’amavuko amaze...
Mu masaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ukwakira 2017 abantu bataramenyekana binjiye mu modoka yari itwaye Charly&Nina batwara ibikoresho byarimo.
Ibi byabereye mu Karere Huye...