Ku wa 24 Ukwakira uyu mwaka, Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe Abapolisi b’u Rwanda 239 bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bakorera mu Ntara ya Malakal mu rwego rwo...
Urukiko Rukuru rw’Umujyi wa Kampala rwahanishije Depite Abraham Abiriga gutanga ihazabu y’amashiringi ya Uganda agera ku bihumbi 40, ni ukuvuga asaga ibihumbi icyenda y’u Rwanda nyuma yo kunyara ku...
Mu Bushinwa, inama nkuru ya 19 y’ishyaka rya gikomusiti yanditse mu itegekoshingiro ry’ishyaka izina rya Xi Jinping.
Abaye uwa gatatu uhawe ubu buremere nyuma ya Mao Zedong, warishinze, na Deng...
Umuyobozi w’ishyaka rirengera abaturage mu Burundi, Force Populaire Burundaise, FPB, Gen Maj Jeremie Ntiranyibagira ndetse n’icyegera cye, Lt Col Edouard Nshimirimana bakomeje kuburirwa irengero...
Urubanza abarwanashyaka b’ishyaka FDU Inkingi ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda ritemerewe gukorera mu Rwanda ku bujurire mu rukiko rukuru ku ngingo y’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo....
Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ukwakira 2017, Abitwaje intwaro bataramenyekana bateye ishami rya Banki ya Kigali ryo ku Buhanda muri Ruhango bica umuntu umwe, abandi batatu...
Ministre w’ikoranabuhanga n’itumanaho Jean Philbert Nsengimana, aratangaza ko hari ingamba zafashwe mu gukemura ibibazo umushinga wa Positivo wo gukwirakwiza za mudasobwa mu mashuri wahuye nazo....
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kivuga ko 12% by’abatumiza ibicuruzwa mu mahanga cyane cyane mu Bushinwa n’I Dubai, baba bafite impapuro z’ibicuruzwa zidahuye n’ibyo baba binjije mu gihugu...