skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Ngarambe François yahishuye ukuntu gucuranga Guitar byamukijije urupfu

Umuhanzi Ngarambe François Xavier, wamamaye mu ndirimbo ‘Umwana ni umutware’ ashimangira ko Guitar yamubereye inshuti nziza mu buzima bwe ndetse ikaba yaramurukoye urupfu.
7 June 2020 Yasuwe: 2804 0

ShaddyBoo mu myiteguro yo gukora ubukwe n’undi mugabo

Mbabazi Shadia benshi bamenye nka Shaddyboo ni umwe mu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga.Yanze gukomeza kubihisha yemeza ko nyuma yo gutandukana na Meddy Saleh babyaranye abana babiri afite...
7 June 2020 Yasuwe: 5863 1

Reba abasore umukobwa akwiriye kwirinda mu rukundo

Umuhanzi nyakwigendera Matata Christophe niwe wagize ati”Amaso akunda ntabona neza”. Nubwo ariko bimeze gutya hari abasore umukobwa aba akwiriye kwirinda mu rukundo cyane cyane uruganisha ku...
7 June 2020 Yasuwe: 4129 0

Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda yashyigikiye abari kwigaragambya bamagana ubwicanyi bwakorewe George Floyd

Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, Peter Vrooman, yamaganye ubwicanyi bwakorewe George Floyd wishwe anizwe n’umupolisi wo mu Mujyi wa Minneapolis, avuga ko yifatanyije n’abarimo...
7 June 2020 Yasuwe: 1202 0

Ubwongereza bwategetse abantu kudakorana imibonano mpuzabitsina n’abo batabana

Guverinoma y’Ubwongereza ku wa mbere Kamena 1, mu rwego rwo gukomeza kwirinda no gukumira ikwirakwizwa rya coronavirus, yashyizeho ingamba nshya zibuza abantu gusabana mu ngo n’umuntu wese utari mu...
7 June 2020 Yasuwe: 2403 1

Miss Mwiseneza yahishuye icyo yakuze yumva azaba n’ukuntu ubu ari bwo abayeho neza kurusha mbere agifite ikamba

Ku wa 16 Gicurasi 2020 nibwo Miss Mwiseneza Josiane yari yitabiriye ubutumire bwa Radio Isangano maze avuga uburyo igihe yari afite byari bimeze anavuga ukuntu yakuze yumva azaba umunyamakuru ariko...
7 June 2020 Yasuwe: 3597 0

Amahari yatumye Kim Kardashian na Kanye West buri umwe yitarura undi

Amakuru arimo gutangazwa n’ikinyamakuru The Sun avuga ko mu rugo rw’ibyamamare byombi yaba Kanye West na Kim Kardashian babana nk’umugore n’umugabo ubu bamaze gushwana umwe akajaya kuba mu nzu ye...
7 June 2020 Yasuwe: 3681 0

Nusoma umukobwa mukundana muri ubu buryo 5 ntazigera akwibagirwa

Abakobwa kimwe n’abahungu bakunda gusomana, ariko wari uzi ko abakobwa bakunda uburyo bwo gusomana bumwe kurusha ubundi? Si uguhuza iminwa gusa ahubwo hari amwe mu mabanga yo gusomana buri mukobwa...
6 June 2020 Yasuwe: 12237 1

Abafana baguye mu kanu nyuma yo gushwana kwa Wizkid na Davido byari bizwi ko ari inshuti magara

Abahanzi bakomeye cyane muri Nigeria Ayodeji Ibrahim Balogun uzwi nka Wizkid ndetse na David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido bakomeje kujya mu makimbirane ari gutuma abakunzi b’umuziki wabo...
6 June 2020 Yasuwe: 1225 0

Umujura yagiye kwiba umunyamakuru afatwa yasinziriye atararangiza igikorwa cye cyo kwiba

Umujura yatawe muri yombi nyuma yo gusinzira hagati y’igikorwa cye cy’ubujura, ubwo yari ari kwiba mu nzu y’umunyamakuru wa Televiziyo muri Tanzaniya.
6 June 2020 Yasuwe: 3767 0