skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Perezida Trump yajyanywe mu nkiko kubera gukuraho abigaragambyaga mu mahoro kubera ubwicanyi bukabije bwakorewe George Floyd

Ishyaka riri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo ryatangaje ko ritangiye ubukangurambaga bwiswe “Black Friday” mu rwego rwo gusubiza “ubwicanyi bukabije” bwa George Floyd n’ivangura rishingiye ku...
6 June 2020 Yasuwe: 5067 0

Umwana wa George Floyd yavuze uburyo urupfu rwa Papa we rwahinduye Isi,Kanye West yiyemeza kumwishyurira amafaranga yose y’ishuri

Umuhanzi w’injyana ya hip-hop, Kanye West, yemeye kwishyura amafaranga y’ishuri yose ya Gianna Floyd, umukobwa wa George Floyd, wishwe ku wa mbere ushize yishwe n’abapolisi bane b’i Minneapolis.
6 June 2020 Yasuwe: 5000 0

Perezida Magufuli yashimiye abaturage ba Tanzania kutambara Agapfukamunwa

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Tanzaniya, John Pombe Magufuli, yashimiye Abanyatanzaniya kuba batambara agapfukamunwa mu ruhame, bigaragaza mu bundi buryo buhangayikishije bwo kutubahiriza...
5 June 2020 Yasuwe: 10844 0

Mushiki wa Diamond yavuze ku gusubira kwa Musaza we na Zari

Esma Platnumz akaba na mushiki w’umuhanzi w’igikomerezwa mu muziki wa Tanzania Diamond Platnumz yavuze ko mu umuryango uyu muhanzi avukamo nta kibazo bafite kuba umunyamuziki wabo yasubirana na...
5 June 2020 Yasuwe: 4476 0

Chantal yavuze uburyo amaturu 5 ariyo amunyura iyo ari gutera akabariro ahishura n’ibiranga umukobwa ufite amavangingo n’ibyo...

Amazina ye ni Muganga Chantal uzwi ku izina rya Doctor Shannie akaba azwiho kugira inama abakobwa ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere yabo ndetse akaba azwiho no kubafasha guca imyeyo.
5 June 2020 Yasuwe: 19780 1

Akari ku mutima w’abahagarariye rya Torero rya mbere rya Satani muri Afurika

Pretoriya – Itorero rya mbere rya satani ryatangijwe muri Gashyantare uyu mwaka ryanditswe muri Afurika yepfo.
5 June 2020 Yasuwe: 3646 0

Reba ibintu bitangaje bitazibagirana kuri Jose Perezida w’umukene wabayeho mu mateka y’Isi[AMAFOTO]

Benshi mu babaye abanyapolitiki ku rwego rwo kuyobora ibihugu bagenda bagira ibyo bibukirwaho byaranze ubutegetsi bwabo n’ubuzima bwite, byaba byiza cyangwa bibi gusa hakaba bamwe bagenda bafite...
5 June 2020 Yasuwe: 15016 4

Umuhanzi na Gafotozi basabwe gusaba imbabazi Perezida wa Zambia bitarenze amasaha 24

Muri Zambia umuhanzi witwa Brian Bwembya n’umufotozi Tukuta Chellah basabwe gusaba imbabazi Perezida w’icyo gihugu Edgar Lungu nyuma yo kumunenga ku mbuga nkoranyambaga na Guverinoma ye bitarenze...
5 June 2020 Yasuwe: 978 0

Reba impamvu 3 zisekeje abagore biha iyo baca abagabo babo inyuma

Bijya bibaho mu mubano w’abakundana ugasanga umugore aciye umugabo we inyuma atitaye ku ngaruka bishobora kumugiraho zitandukanye aho bishobora no kurangira urugo rusenyutse cyangwa bakaba bakuramo...
5 June 2020 Yasuwe: 8657 1

Ringtone umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasobanuye impamvu itanagaje yari agiye guha Zari imodoka ya Range...

Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya utavugwaho rumwe wo muri Kenya, Ringtone Apoko, yasobanuye impamvu yashakaga guha imwe muri Range Rovers ze umunya-Ugandakazi wibera muri Afurika y’Epfo, Zari...
5 June 2020 Yasuwe: 2136 0