Philonise Floyd, umuvandimwe wa George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi i Mineapolis muri Amerika amunigishije amavi, yatangaje ko yavuganye na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika...
Umuvugabutumwa wo mu itorero Zion Temple witwa Ev. Eliane Niyonagira yavuze ko yifashishije amakuru yagiye atangazwa kuri Safi Madiba mu kwigisha ku byerekeye amarangamutima gusa uyu muhanzi...
Umunyamakuru ku byerekeye ubuzima witwa Kemi Olinloyo yiyemeje kwandagaza umuhanzi Davido Adeleke uzwi nka Davido kubera ko yamugiriye nabi yanongeyeho ko uko byagenda kose nubwo yasaba imbabazi...
Umuhanzikazi uri mu byamamare ku isi, Taylor Swift avuga ko ibyo Perezida Donald Trump yandika kuri Twitter muri iki gihe asanga ntaho bitandukaniye no kuba rutwitsi. Swift avuga ko Trump yita...