Archie Williams warekuwe muri 2019 nyuma yo kumara imyaka 36 afunze nyamara ari umwere, yakabije inzozi ze yagize afite imyaka 12 zo kuzaririmba mu irushanwa rya America’s Got Talent.
Umunyamakuru wari ugiye kujyanwa mu nkiko n’umuhanzikazi Tanasha Donna mu nkiko kubera kwiyitirira umwana we Junior Naseeb yasobanuye ko uyu mugore yumvishe nabi ibyo yashakaga kuvuga bityo akwiye...
Habaye imirwano ikomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambya mu mujyi wa Minneapolis muri Amerika nyuma y’urupfu rw’umwirabura wapfiriye aho yari afungiye.
Umuhanzikazi mu gihugu cya Nigeria witwa Yemi Eberechi Alade ariko ukoresha izina rya Yemi Alade ku rubyiniro yavuze ko yikundira abahungu maze bituma abafana be bibuka amazina y’abasore b’ingeri...
Rema Namakula ubu uri gukundana na Dr.Hamzah Ssebunya nyuma yaho atandukaniye na Eddy Kenzo bakundanye yakoze ibikorwa by’urukundo we n’uwo bari kumwe abanya Uganda benshi bavuga ko atari ibikorwa...
Uwahoze ari guverineri w’intara y’amajyaruguru Gatabazi Jean Marie vianney wamaze guhagarikwa kumirimo ye yashimiye perezida Paul Kagame kunshingano yari yaramuhaye anamusaba imbabazi aho bitaba...