Mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu, itariki 01 Mata 2020, umusaza uri mu myaka 70 n’umuhungu we, nkuko amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi abivuga, bishwe bazira gutoroka aho bari...
Abaturage 7 bo mu Buhindi bakoze agashya katunguye benshi ubwo bafataga umwanzuro wo kujya kwiturira mu biti mu rwego rwo kwishyira mu kato ka Coronavirus ngo barinde imiryango yabo.
Polisi y’u Rwanda iributsa abaturarwanda ko nta muntu wemerewe gusohoka mu rugo yitwaje ko arimo gukora siporo. Abashaka gukora siporo baragirwa inama yo kuyikorera mu rugo badasohotse hanze.
Tariki ya 29 Werurwe nibwo Polisi y’u Rwanda yafashe uwitwa Rimenyande Jean Damascene w’imyaka 36 y’amavuko ari kumwe na Nyirambazahe Vestine w’imyaka 36 na Mukanoheri Olive w’imyaka 24 ari nabo...
Biragaragara ko muri iyi minsiAbanyamerika batari kugura ibiryo n’impapuro z’isuku gusa, kuko bari no kugura imbunda ku bwinshi ‘nk’abagura amasuka ku muhindo’.