Umuririmbyikazi w’icyamamare ku Isi Robyn Rihanna Fenty, yatangaje ko mu myaka 10 iri imbere agomba kuba afite abana batatu cyangwa bane kabone n’ubwo nta mugabo yaba afite.
Abanyarwanda baba mu Bubiligi bifatanyije n’Isi yose kwibuka ku nshuro ya 26, Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, basaba kandi iki gihugu gukomeza gukurikirana no guhana abakekwaho Jenoside...
Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2029 yateye inkuga y’ibiribwa imiryango yo mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, ibayeho nabi muri ibi bihe byo kuguma mu rugo kubera indwara ya COVID-19.
Umwamikazi Elizabeth II yaraye agejeje ku baturage bose ijambo rigamije kubahumuriza no gukomeza gufata mu mugongo ababuze ababo kubera icyorezo cya Coronavirus, ijambo ritishimiwe na bamwe mu...