skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Moesha yavuze ko n’abona n’umugabo bitazatuma ahindura imyambarire ye

Moesha Boduong, umukobwa ukora umwuga wo kumurika imideli ndetse no gukina Filimi mu gihugu cya Ghana kuri ubu utekereza gushaka umugabo akaba umugore nk’abandi, yavuze ko n’anamara kumubona...
12 April 2020 Yasuwe: 6615 0

#Covid-19:Bamwe mu banya-Kenya n’uburakari bwinshi bashyigikiye Moses Kuria wavuze ko Abashinwa bava muri Kenya byihuse

Bamwe mu banya Kenya n’uburakari bwinshi, bagaragaje ko bashyigikiye Moses Kuria uherutse gusaba ko Abashinwa bagomba gusubira mu gihugu cyabo byihuse.
12 April 2020 Yasuwe: 4228 0

Leta ya Uganda yarezwe ishinjwa kutubahiriza amategeko mu gufata ingamba zo kwirinda Coronavirus

Wale Mabirizi, umunyamategeko muri Uganda yareze Leta, ayishinja kugumisha abantu mu ngo n’izindi ngamba zategetswe na Perezida Museveni mu kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, avuga ko zafashwe...
12 April 2020 Yasuwe: 2550 0

Abantu bava gufasha muri ibi bihe bya Coronavirus hanyuma bakifotora bakebuwe

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yatangaje ko nta bikorwa byo kwiyamamaza bihari byatuma ufashije abagizweho ingaruka na Covid-19 abishakiraho kwamamara...
11 April 2020 Yasuwe: 3488 1

Mu Bushinwa hashyizweho urutonde rw’inyamaswa zigomba kuribwa kubera Coronavirus

Leta y’u Bushinwa yatangije umushinga w’itegeko rikubiyemo urutonde rw’inyamanswa abaturage bemerewe kugura no korora bigamije kuzirya, nyuma y’aho biketswe ko icyorezo cya Coronavirus gishobora...
11 April 2020 Yasuwe: 4087 0

Mu Rwanda hari abarwayi ba Coronavirus bakurikiranweho kwanga gutanga amakuru y’abo bahuye nabo

Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko mu Rwanda hari abarwayi ba coronavirus batatu cyangwa bane bakurikiranyweho icyaha cyo kwanga gutanga amakuru y’abo bahuye nabo ngo nabo bakurikiranwe bavurwe.
11 April 2020 Yasuwe: 2393 0

#Covid-19:Whatsapp nayo yagabanyije umubare w’abantu umuntu yemerewe koherereza ubutumwa

Abayobozi ba sosiyete, “Facebook Inc” ari nayo ifite urubuga rwa WhatsApp bafashe umwanzuro wo kugabanya umubare w’ubutumwa umuntu yemerewe koherereza inshuti ze mu rwego rwo kugabanya ikwirakwizwa...
11 April 2020 Yasuwe: 3565 0

Umujyi wa Kigali wavuze ku bikomeje gukwirakwizwa ko abashaka gutaha mu ntara bakwiyandikisha

umujyi wa Kigali wasabye abaturage gukomeza gukurikiza amabwiriza yashyizweho na Minisitiri w’intebe yo kuguma mu rugugo Nyuma y’amakuru atariyo yavugwaga ko abashaka gusubira mu ntara biyandikisha...
11 April 2020 Yasuwe: 11709 3

Umukecuru ukuze kurusha abandi bantu ku isi yatunguye umuryango we arokoka icyorezo cya Coronavirus batari babyiteze

Mu gihugu cy’Ubuholandi haravugwa inkuru y’umukecuru w’imyaka 107 y’amavuko witwa Cornelia Ras, wakize Coronavirus, akaba abaye umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi ushoboye gukira iyi ndwara bikunze...
11 April 2020 Yasuwe: 2678 0

Umujyanama wihariye wa Perezida Pierre Nkurunziza utacaga uwaka na Amb. Oliver Nduhungirehe yishimiye ivanwa ku mirimo ye

Umujyanama wihariye wa Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi, Amb. Willy Nyamitwe, yishimiye ivanwa ku mirimo rya Amb. Oliver Nduhungirehe wasezerewe ku mirimo ye mu ijoro ryakeye.
11 April 2020 Yasuwe: 10346 1