skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mpenzi umutinganyikazi w’inshuti ya Tanasha yakuruye impaka nyuma yo kwibasira abagore bakundana n’abagabo bapfuye bahagaze

Mpenzi Chokuu, umutinganyikazi w’inshuti ya Tanasha Donna yakuruye impaka mu bayoboke be nyuma yo kwibasira abagore bakundana n’abagabo batagize icyo bamaze, bapfuye bahagaze.
16 April 2020 Yasuwe: 7734 0

Leta ya Uganda yahagaritse gutanga ibiribwa ku batishoboye muri ibi bihe bya Coronavirus kubera ibura ry’ibishyimbo

Kubera gahunda ya Guma mu Rugo yahungabanyije ubuzima bw’abaturage batari bake, Leta ya Uganda yanzuye ko igiye kuba ihagaritse gutanga ibiribwa kubatishoboye mu mujyi wa Kampala kubera ko...
16 April 2020 Yasuwe: 3044 0

Azziad Nasenya wo muri Kenya yanze akazi yahawe na Diamond avuga ko atesha agaciro igitsina gore

Umukobwa wo mu gihugu cya Kenya, Azziad Nasenya, yanze akazi ko gukorera Wasafi TV y’umuhanzi w’icyamamare Diamond Platinumz bitewe nuko uyu muyobozi azwiho kutubaha igitsina gore cyose bakoranye.
16 April 2020 Yasuwe: 5043 0

Umuyobozi wa Rayon Sports yavuze ku kibazo cy’abakinnyi bari kwigumura kubera kudahembwa

Umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yavuze ko biteze ubufasha bushobora kuva kuri Leta n’ubwa FIFA binyuze muri FERWAFA nka kimwe mu bisubizo bateganya ku kibazo cy’imishahara gikomeje...
16 April 2020 Yasuwe: 2353 0

#Kwibuka26:Knowless Butera yashyize hanze ifoto y’umuryango we n’itariki biciweho muri Genocide yakorewe Abatutsi

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzikazi Butera Knowless yunamiwe umuryango we wishwe muri Jenoside ku itariki nk’iyi 15 Mata .
16 April 2020 Yasuwe: 9209 0

Uwagaragaweho Coronavirus ari uwa kabiri mu Rwanda yatanze ubuhamya bw’uko yari abayeho mu kato agira n’ubutumwa agenera...

Umwe mu ba mbere bakize Coronavirus mu Rwanda yashimye uburyo u Rwanda rwamwitayeho akavurwa kandi ku buntu, ashishikariza abaturarwanda kuguma mu rugo muri ibi bihe, nk’uburyo bukomeye bwabafasha...
16 April 2020 Yasuwe: 2031 0

Guverineri wa Nairobi mu biribwa ari guha abatishoboye muri ibi bihe bya Coronavirus higanjemo n’amacupa menshi y’inzoga ihenze...

Guverineri wa Nairobi, Mike Sonko, yasobanuye impamvu imfashanyo y’ibiribwa ari gutanga ibiryo higanjemo amacupa menshi ya Hennesy – inzoga ihenze ya Cognac ikorerwa mu Bufaransa.
15 April 2020 Yasuwe: 2548 0

Amafoto y’imirambo y’abantu bishwe na Coronavirus muri Amerika akomeje gusakazwa yavugishije benshi[AMAFOTO]

Amafoto y’abantu bishwe na Coronavirus muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje gusakazwa hirya no hino ku Isi, aho agaragaza imibiri yabo iri mu cyumba gishyirwamo abapfuye, indi irambitse hasi.
15 April 2020 Yasuwe: 13100 0

Umuteramakofe Mike Tyson yishyuye akayabo k’amafaranga y’u Rwanda arenga Miliyoni 9 kugira ngo arwane n’ingagi

Mike Tyson, icyamamare mu mukino w’iteramakofe wamaze gusezera muri uyu mwuga, yahishuye uburyo yigeze kwishyura ibihumbi 10 by’amadolari y’Amerika (arenga miliyoni 9 z’amafaranga y’u Rwanda)...
15 April 2020 Yasuwe: 7075 0

Inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu bigize EAC yasubitswe kubera Coronavirus

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2020, hari hateganyijwe inama y’Abaperezida b’ibihugu bigize umuryango wa EAC igamijwe kwiga ku cyorezo cya coronavirus gihangayikishije Isi.
15 April 2020 Yasuwe: 586 0