Mpenzi Chokuu, umutinganyikazi w’inshuti ya Tanasha Donna yakuruye impaka mu bayoboke be nyuma yo kwibasira abagore bakundana n’abagabo batagize icyo bamaze, bapfuye bahagaze.
Kubera gahunda ya Guma mu Rugo yahungabanyije ubuzima bw’abaturage batari bake, Leta ya Uganda yanzuye ko igiye kuba ihagaritse gutanga ibiribwa kubatishoboye mu mujyi wa Kampala kubera ko...
Umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yavuze ko biteze ubufasha bushobora kuva kuri Leta n’ubwa FIFA binyuze muri FERWAFA nka kimwe mu bisubizo bateganya ku kibazo cy’imishahara gikomeje...
Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzikazi Butera Knowless yunamiwe umuryango we wishwe muri Jenoside ku itariki nk’iyi 15 Mata .
Umwe mu ba mbere bakize Coronavirus mu Rwanda yashimye uburyo u Rwanda rwamwitayeho akavurwa kandi ku buntu, ashishikariza abaturarwanda kuguma mu rugo muri ibi bihe, nk’uburyo bukomeye bwabafasha...
Guverineri wa Nairobi, Mike Sonko, yasobanuye impamvu imfashanyo y’ibiribwa ari gutanga ibiryo higanjemo amacupa menshi ya Hennesy – inzoga ihenze ya Cognac ikorerwa mu Bufaransa.
Amafoto y’abantu bishwe na Coronavirus muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje gusakazwa hirya no hino ku Isi, aho agaragaza imibiri yabo iri mu cyumba gishyirwamo abapfuye, indi irambitse hasi.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2020, hari hateganyijwe inama y’Abaperezida b’ibihugu bigize umuryango wa EAC igamijwe kwiga ku cyorezo cya coronavirus gihangayikishije Isi.