skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Gakenke:Amagi afite agaciro ka Miliyoni 24 z’amanyarwanda yaheze mu buhuniko kubera Coronavirus

Muri ibi bihe Isi yugatijwe n’icyorezo cyw coronavirus, ibikorwa bitandukanye cyane cyane iby’ubucuruzi byagize inzitizi zo guhura n’ibihombo bikabije kuburyo hari ibicuruzwa kugeza ubu byabuze isoko.
19 April 2020 Yasuwe: 2459 0

Inganda zo mu Rwanda zatangiye imirimo yo kudoda udupfukamunwa[AMAFOTO]

Inganda zo mu Rwanda zatangiye imirimo yo kudoda udupfukamunwa mu rwego rwo gufasha abaturarwanda kutubona ku bwinshi mu buryo buhagije hagamijwe gukumira no kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya...
19 April 2020 Yasuwe: 2414 0

RIB yasobanuye ko nta munyamakuru ufunzwe kubera ko ari umunyamakuru

Abanyamakuru batandatu nibo bafunzwe muri ibi bihe abantu basabwa kuguma mu ngo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus nkuko bitangazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB).
19 April 2020 Yasuwe: 1124 0

Jose Chameleone yasabwe gusobanura byihuse aho yakuye imodoka ihenze

Jose Chameleone mu mazi abira nyuma yuko imodoka ye ihenze yo mu bwoko bwa Landcruiser V8 yafashwe irimo ideni ry’imisoro mu kigo cy’Iguhugu cy’Imisoro (URA) ahita ahabwa igihe gito cyo gutanga...
19 April 2020 Yasuwe: 6099 0

Umukobwa yaroze Mama we kugira ngo yigarurire Papa we bajye baryamana nta nkomyi

Umukobwa witwa Sharon ukomoka muri Nigeria ariko akaba atuye i Londres mu Bwongereza, yaroze nyina umubyara ashaka kumwikiza ngo abone uko azajya aryamana na Se umubyara nta we ubarogoya.
19 April 2020 Yasuwe: 6131 0

Umuyobozi w’ibiro bya Perezida muri Nigeria yishwe na Coronavirus

Icyorezo cya Coronavirus gikomeje guhangayikisha benshi muri iki gihe, uretse kungira ingaruka mbi ku bukungu bw’ibihugu byose byo ku Isi , gikomeje no guhitana benshi . Kuri ubu ibiro bya Perezida...
19 April 2020 Yasuwe: 780 0

Guverineri wo muri Kenya yatamajwe bikomeye n’umugore bajyaga basambana ku ruhande ashyira hanze ibiganiro bagiye bagirana

Professor John Lonyangapuo, akaba na Guverineri w’agace kitwa West Pokot mu gihugu cya kenya, yatamajwe bikomeye n’umugore bari bamaze iminsi mu munyenga w’urukundo ubwo yashyiraga amafoto ye...
18 April 2020 Yasuwe: 9613 1

Abantu ibihumbi 300 nibo bashobora guhitanwa na Coronavirus muri Afurika

Muri Afrika abantu bagera ku 300000 bashobora guhitanwa n’icyorezo cya covid-19 muri uyu mwaka wonyine.
18 April 2020 Yasuwe: 1541 1

#Covid-19:Rihana,Jay-Z na Jack Dorsey batanze inkunga ku banyafurika n’urubyiruko

Muri ibi bihe Isi yugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Corona , ibihugu byose byo kuri uyu mugabane byagizweho ingaruka n’iki cyorezo cyane cyane mu bijyanye n’ubukungu.
18 April 2020 Yasuwe: 2182 0

Butera Knowless,Ishimwe Clement n’abandi bahanzi bose babarizwa muri Kina Music basigaye babana munzu imwe i Nyamata[AMAFOTO]

Muri ibi bihe byo kuguma mu rugo kugirango twirinde ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus, abahanzi bamwe byabateje ibihombo abandi babonye umwanya uhagije wo gukora indirimbo batuje.
18 April 2020 Yasuwe: 16420 1