Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 22 mata nibwo hamenyekanye inkuru ivuga ko imvura yaraye igwa mu bice bitandukanye by’Igihugu, yatwaye ubuzima bw’abantu bane.
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yabazwe umutima, ubu ubuzima bwe bukaba buri mu manegeka bitewe n’uko iki gikorwa cyagenze nabi nkuko inkuru yakwirakwiye mu bihugu nka Koreya y’Epfo ibivuga.
Umunyakenyakazi Alhuda Njoroge uzwi ku izina rya Huddah Monroe kuri ubu wibera i Dubai yihanangirije abafana b’abagabo bari mu kato kwirinda kwikinisha no kwishora mu bikorwa byangiza igitsina...
Umunya Uganda Zari Hassan kuri ubu wibera muri Afurika y’Epfo, ari guseka cyane abigira abamikazi (Slay Queens) bari bakunze kwifotoreza mu ma hoteli meza kandi ahenze, kuri ubu yafunzwe kubera...
– Hu na Yi, abaganga barwaniye hamwe urugamba rwo gukiza ubuzima bw’abantu mbere yo kwandura COVID-19 bamaranye hafi amezi atatu bafungiye mu buriri bw’ibitaro
– Babiri banyuze muri koma nyuma...
Umuyobozi wa Alibaba group Jack Ma ari na we washinze Umuryango Jack Ma Foundation mu rwego rwo guhangana n’Icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19), yongeye kwitanga ibikoresho bitandukanye birimo...
Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika ndetse no ku Isi ’Wizkid’, yigaruriye imitima ya benshi cyane cyane b’igitsina gore ku buryo hari umwe wanze kunigwa n’ijambo arerura avuga ko uyu muhanzi ariwe...