Money Heist izwi nka La Casa de Papel kugeza ubu ni filimi yaciye agahigo ko kuba ari yo filimi iri gushakishwa cyane ku Isi muri ibi bihe byo kuguma mu rugo. Iyi ni filimi aho abakinnyi bahisha...
Ibinyamakuru binyuranye ku isi biravuga ko ubuzima bwa Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, bushobora kuba budahagaze neza hari n’ibyamubitse. Abasesenguzi bavuga ko ntakabuza azasimburwa na...
Uwari umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ishyaka Alliance for National Transformation (ANT) ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Barbara Allimadi, yasanzwe yapfiriye mu rugo rwe...