Kuri uyu wa mbere, abaturage ba Nairobi bakoze urugendo rwo kwigaragambya berekeza kuri sitasiyo ya Polisi ya Muthaiga bafite umurambo ku igare rikurura.
Tanasha Donna yashubije inshuti ya diamond Platnumz witwa Juma Lokole, usanzwe ari umutinganyi, nyuma yo kuvuga ko yari umunebwe mu buriri, akaba anigira umwamikazi (Slay Queen).
Leta ya Koreya y’Epfo yatangaje ko ingabo zayo zakozanyijeho n’iza Korea ya Ruguru ku mupaka uhuza ibihugu byombi, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2020, ku bw’amahirwe nta...
Imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa gatanu kugeza kuwa Gatandatu mu Ntara y’Amajyaruguru yasenyeye abaturage mu Karere ka Musanze,isenya ibikorwaremezo mu karere ka Burera.Inzu zisaga 28 zasenyutse.
Umuraperi Eminem, umwe mu baririmbyi bakomeye ku isi bo mu njyana ya hip-hop, kuri ubu uhagaze neza mu mwuga we, yahishuye amwe mu mabanga yaranze ubuzima bwe yari agiye kumusubiza kw’isuka.
Mu gihe icyorezo coronavirus gikomeje gukwirakwira vuba na vuba hirya no hino ku Isi ari nako gitwara ubuzima bw’abatari bacye hakaba hanabuze umuti,Umuvugabutumwa wo mu gihugu cya...
Juba muri Sudani y’Epfo, Pasiteri Abraham Chol uyoboye itorero rya Cush International Church yatawe muri yombi abanje kwambikwa ubusa ku karubanda, azira guteranyiriza abayoboke be ku rusengero no...