Umukinnyi wa filime w’icyamamare ku Isi , Tom Cruise agiye gukinira filime mu isanzure igikorwa azafashwamo na NASA, Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’isanzure.
Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 75 aba-Nazi batsinzwe na Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete , Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageneye umudali w’ishimwe Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim...
Nyuma yuko guhera kuri uyu wa Mbere taliki ya 04 Gicurasi amategeko ya gahunda ya Guma mu Rugo yorohejwe bamwe bagatangira imirimo no gutembera utarenze intara n’Umujyi wa Kigali, hashyizweho...
Umuyobozi w’Inyeshyamba zakoranye na FDLR zitwa Union of Congolese Patriots for Peace (UPCP), Lafontaine Sikuli ku wa Mbere w’iki cyumweru yishyize mu maboko y’Ingabo za Repubulika Iharanira...
Icyamamare mu njyana ya Bongo Flava Diamond Platnumz wo muri Tanzanie yatangaje ko azahomba akayabo k’amashiringi ya Tanzanie miliyoni 80 kubera ko ibi bihe bya Guma mu rugo byamujije gukora...
Perezida wa Tanzania John Magufuli yakuye icyizere ku bikoresho byifashishwa mu gupima Coronavirus, avuga ko ibyo byerekana atari ukuri nyuma y’uko ngo hafashwe ibipimo ku ihene n’ipapayi...
Hiannick Kamba wahoze akinira Schalke 04 yo mu Budage ukomoka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yabonetse ari muzima nyuma y’imyaka ine bitangajwe ko yapfuye.