skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Diamond yasobanuye uko yatandukanye na Tanasha n’ibyiringiro afite byo kuzasubirana na we

Mu kiganiro yagiriye kuri Radio ye Wasafi umuhanzi Diamond Platnumz yagarutse ku mpamvu zatumye atandukana n’umukunzi we Tanasha Donna ndetse anabwira umunyamakuru ko afite ibyiringiro ko bazongera...
14 May 2020 Yasuwe: 6878 0

Bobi Wine wahagaritswe gukora ibitaramo yabirenzeho noneho agikora mugihe cya Guma mu Rugo

Umuhanzi n’umushingamategeko ku nteko ishingamategeko ya Uganda yongeye gukora igitaramo nyuma y’imyaka yarabujijwe gukora ibitaramo aho yagikoreye aho afite inzu i Magere muri Uganda ari naho uyu...
14 May 2020 Yasuwe: 1392 0

Juliana Kanyomozi wapfushije umwana we w’ikinege yatunguye abafana be ababwira ko yabyaye ahishura n’igitsina cy’umwana n’izina...

Umuhanzikazi wo muri Uganda Juliana Kanyomozi yatunguye abakunzi be ubwo yatangazaga ko yibarutse umwana w’umuhungu mu gihe nta muntu wari uzi ko atwite nubwo bitatunguranye muri iki gihugu...
14 May 2020 Yasuwe: 3313 0

Abagore bose babyaranye na Diamond bahishuye impamvu nyamukuru yabateye kumuzinukwa[AMAFOTO]

Abagore babyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania barimo Zari Hassan, Hamisa,Tanasha Donna beruye bashyira ahagaragara ko afite ingeso yo gukunda abagore idakwiye kwihanganirwa ndetse...
13 May 2020 Yasuwe: 22132 1

Umunyezamu Eric Bakame nawe yavuze ku byo mugenzi we Ndoli Jean Claude amushinja birimo amarozi no kumusenyera urugo

Ndayishimiye Eric Bakame yateye utwatsi ibyo ashinjwa n’ umunyezamu mugenzi we Ndoli Jean Claude birimo kumusenyera urugo ndetse n’ibijyanye n’amarozi, avuga ko ibyo Ndoli amuvugaho ari ukumusebya...
13 May 2020 Yasuwe: 5862 1

Zuchu yavuze ku bivugwa ko Diamond agamije kumutega imitego

Zuchu waherukaga kwinjira muri Wasafi Classic Baby nk’umuhanzi mushya yabwiye abakurikira umuziki utunganyirizwa muri WCB Wasafi ko umuyobozi wayo Diamond Platnumz atagamije kumushora mu rukundo...
12 May 2020 Yasuwe: 3434 0

Umugore yafashwe ku ngufu inshuro 2 zose akangishwa igisa n’imbunda

Nigeria muri leta ya Anambra mu gace ka Okpuno, umusore witwa Emeka Okeke w’imyaka 28, yatawe muri yombi nyuma yo gufata ku ngufu umugore w’imyaka 36 incuro ebyiri zose amukangishije igikinisho...
12 May 2020 Yasuwe: 5148 0

Reba urutonde rw’ibiribwa 11 abaturage bo muri Ghana bakwiye kurya mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus

Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo ubwo yagezaga ijambo ku banyagihugu kuri radio na televiziyo by’igihugu yabatangarije urutonde rw’ibiribwa gakondo 11 bakwiye kurya mu rwego rwo kwirinda icyorezo...
12 May 2020 Yasuwe: 2173 0

Amahoteli 2 yasenywe kubera kurenga ku mabwiriza ya Coronavirus

Muri Nigeria, abayobozi bo muri leta y’Amajyepfo ya Rivers basenye amahoteri abiri bayaziza kuba barenze ku mategeko yo gufunga yashyizweho mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya coronavirus.
12 May 2020 Yasuwe: 3347 0

Itandukaniro ku mibanire ya Diamond n’abagore yabyaranye nabo[AMAFOTO]

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzaniya, Diamond Platnumz, mu bintu yakwiratana hamwe n’ibindi; harimo kuba yarashoboye kubyarana n’abagore batandukanye muri Afurika y’Uburasirazuba, aho...
12 May 2020 Yasuwe: 5602 1