Rasta Rob wamenyekanye cyane mu bitangazamakuru yaje kwirata uburyo yaryamanaga na Zari Hassan ariko ngo ntabwo yari akomeye mu buzima bwe kuko yari ajagaraye.
Umuhanzi Justin Bieber wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika asubiza ikibazo yari abajijwe yasobanuye ko aramutse yongeye kuba umwana yakomera ku bumanzi bwe kugeza ashinze urugo anavuga ku mubano...
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru iteye isoni n’agahinda, aho umugabo yahohoteye abakobwa be bose uko ari bane, akabasambanya yitwaje ko Imana ishyigikiye ibikorwa bye ku bakobwa be ashingiye...
Hari ifoto y’umukobwa witwa Sophie Alajika wo muri Nigeria birimo kuvugwa n’abafana b’umuziki w’umuhanzi wo muri iki gihugu witwa Wizkid ko bakundanye none ubu niyo foto iri gucicikana ku mbuga...
Umuhanzikazi wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika wamenyekanye nka Rihanna yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram amashusho ari mu mirimo itandukanye aho yanerekanye bimwe mu bice by’inyuma...
Ndayishimiye Eric Bakame wahoze ari umunyezamu wikipe ya rayon sport kugeza ubu akaba abarizwa muri as Kigali avuga ko ikintu cyamugoye muri ibi bihe bya COVID-19 ari ukuguma mu rugo yirirwana...
Abana bane bo mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza,bahanukiwe nicyo twakitwa ikirombe ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 14 Gicurasi 2020, babiri muri bo bahita bitaba Imana.