skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Ali Kiba yasabye abanya-Tanzania kureka umunyamakuru wavuze ko bakundanye

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava Ali Kiba yasabye abanya Tanzanie kureka kwibasira umunyamakuru wa Cloud FM yo muri Tanzanie wavuze ko bakundanye mu byanavugwaga ko yagize uruhare mu...
19 May 2020 Yasuwe: 910 0

Umugore witwa Jane yahisemo kuroga abana be nawe ahita yiyahura kugira ngo batazasigara mu gahinda

Nairobi muri Kenya, umugore wamenyekanye ku mazina ya Jane Mwende Nguthu w’imyaka 33 y’amavuko, yiyahuye nyuma yo kumenya ko umugabo we amuca inyuma, ahitamo gufatata umwanzuro wo kuroga abana be...
18 May 2020 Yasuwe: 6459 1

Davido yambuye umukunzi we impeta yari yaramwambitse

Umuririmbyi wo muri Nigeria witwa Davido yambuye impeta nteguza yari yarambitse umukunzi we Chioma Avril Rowland biteguraga kubana abafana b’umuziki we n’uwa Nigeria batangira kwibaza ikigiye...
18 May 2020 Yasuwe: 5818 1

Amafoto ya IGISUPUSUPU ugarutse mu isura nshya idasanzwe yatumye benshi bacika ururondogoro[AMAFOTO]

Nyuma y’igihe kinini atavugwa, umuhanzi w’umusaza Nsengiyumva Francois wamenyekanye cyane nka Igisupusupu, yatunguranye agaruka mu isura nshya idasanzwe yatumye benshi bacika ururondogoro bamwibazaho.
18 May 2020 Yasuwe: 3926 0

Mama wa Wizkid yasabye abanya-Nigeria guha amahoro umuhungu we[AMAFOTO]

Umubyeyi Shola Ogudu w’umuhanzi Wizkid yabujije abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Nigeria kureka kwivanga muri gahunda z’umuhungu we bakamureka akibera ubuzima bwe kuko adakunda urusaku...
18 May 2020 Yasuwe: 2766 0

Umunyarwandakazi Teta Sandra yabyaye imfura ye n’umuhanzi wo muri Uganda ’Weasel’

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 17 Gicurasi 2020,Miss Teta Sandra yibarutse imfura ye yabyaranye n’umuhanzi Weasel wo muri Uganda wamenyekanye mu itsinda rya Goodlyfe.
18 May 2020 Yasuwe: 3364 1

Ne-Yo yigishishijwe na gahunda ya “Guma mu rugo”

Umuhanzi Ne-Yo ukunzwe cyane ku isi yavuze ko Gahunda ya Guma mu rugo yamuhaye umwanya wo gutekereza ku buryo yakora ubukwe n’umugore akunda kuko yaje gusanga atakomeza kubaho atagira umukunzi...
18 May 2020 Yasuwe: 1090 0

Miss Mwiseneza Josiane yavuze uburyo ubwo yari afite ikamba byari Karabaye

Miss Popularity 2019 Mwiseneza Josiane yaraye amenyesheje ko arimo gutegura filimi ivuga ku rugendo rwe muri Miss Rwanda ndetse anavuga ku kuntu ubwo yari afite ikamba byari ibihe bya karabaye...
18 May 2020 Yasuwe: 6793 0

P-Fla yabyaye umwana wa 2 w’umukobwa

Umuraperi P Fla yatangaje ko yamaze kwibaruka umwana we wa kabiri w’umukobwa yirinze kuvuga amazina ye n’uwo yamubyaranye nawe, ni nyuma yundi w’umuhungu yabyaranye na El Poeta nyuma bakaza...
18 May 2020 Yasuwe: 3465 0

Umwanditsi niwe waje ayoboye urutonde rw’abahanzi bakize ku Isi kurusha abandi hanyuma Calvin Harris aserukira aba-Dj bagenzi be

Calvin Harris niwe muvanzi w’umuziki ubikora nk’umwuga ugaragara ku rutonde rw’abakire bakora mu ruganda rw’umuziki rusohorwa buri mwaka n’ikinyamakuru Sunday Times buri mwaka aho umutungo we...
17 May 2020 Yasuwe: 1530 0