skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Hashize iminsi 9 yose Tanzania nta muntu n’umwe igararagaje wanduye Coronavirus

Kuva Perezida John Magufuli yashinja abahanga bo muri iki gihugu kuba barabeshye mu bisubizo by’ibizamini bya Covid-19 bapima kugira ngo bagaragaze ko hari ibibazo by’abantu benshi bandura,...
8 May 2020 Yasuwe: 3455 0

Kenya: Abakozi bashinzwe ubuzima 34 banduye Coronavirus

Umuyobozi mukuru w’agateganyo muri Minisiteri y’Ubuzima muri Kenya, Dr Patrick Amoth, yavuze ko muri iki gihugu abakozi 34 b’ubuzima bipimishije bagasanga baraduye Coronavirus.
8 May 2020 Yasuwe: 629 0

Umugore uherutse gushyirwa hanze na nyir’inzu n’ibintu bye byose ari gutabaza nyuma yo gufatwa ku ngufu imbere y’abana be

Muri Kenya, umugore w’imyaka 27 ufite abana 2 uherutse kwirukanwa kmu nzu yakodeshaga agashyirwa hanze n’ibintu bye byose na nyir’inzu, aratakambira abagiraneza bamufasha nyuma yo gufatwa ku ngufu...
8 May 2020 Yasuwe: 14097 0

Cynthia yishwe n’ingona nyuma yo gushaka kuyorora nk’itungo ryo mu rugo

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri leta ya Caroline y’Epfo, Cynthia Covert, umugore w’imyaka 58, yishwe n’ingona nyuma yo kujya mu cyuzi kugira ngo agerageze kuyifata ngo ayijyane iwe ayorore...
8 May 2020 Yasuwe: 4855 1

Diamond yatangiye gufasha ya miryango 500 yagizweho ingaruka na Coronavirus yemereye kwishyurira amafaranga y’ubukode n’ibyo...

Umuhanzi wo mugihugu cya Tanzania, Diamond Platnumz, yatangiye gutanga ubufasha ku miryango irenga 500 yemeye gufasha mu minsi ishize ubwo yari mukiganiro kuri Radio ye ya Wasafi FM.
8 May 2020 Yasuwe: 1438 0

Nyuma y’uko umugabo aguye imbere ya Bank agapfa,ubu ubwoba ni bwose muri Mombasa

Abatuye Mombasa CBD baguye mu kantu nyuma yuko umugabo aguye agapfira hanze ya banki, nyuma yuko uyu mugabo w’imyaka 71 amenyesheje abashinzwe umutekano kuri iyo banki ko afite ikibazo cyo guhumeka.
8 May 2020 Yasuwe: 3029 0

Umukinnyi wo muri Algeria yafashwe yikinishiriza ku karubanda

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, umukinnyi El Melali ukomoka muri Alijeriya wari amaze gusinyana amasezerano amwongerera gukomeza gukina kugeza muri 2023 mw’ikipe Angers yo mu kiciro cya 1,...
8 May 2020 Yasuwe: 1852 0

Kayitare Wayitare Dembe yabajijwe ibibazo bitangaje kandi biteye amatsiko ku buzima bwe bwite bimwe agenda arya...

Umuhanzi Nyarwanda Kayitare Emmanuel uzwi ku izina rya Kayitare Wayitare Dembe yabajijwe ibibazo bitangaje kandi biteye amatsiko ku buzima bwe bimwe na bimwe bigenda bimugora kubisubiza.
7 May 2020 Yasuwe: 3978 0

Umugore yapfiriye mu cyumba kwa padiri mu gihe yari yabeshye umugabo we ko yagiye gushyingura[AMAFOTO]

Mu gihugu cya Zambia haravugwa inkuru y’umugore witwa Monicah Mutale Mulenga w’imyaka 42, usanzwe afite umugabo witwa Owen Mulenga, wapfiriye ku rusengero mu cyumba cya padiri witwa Abel Mwelwa,...
7 May 2020 Yasuwe: 30146 4

Igisupusupu wari waraburiwe irengero,mu mushinga mushya

Umujyanama w’umuhanzi Nsengiyumva Francois ari we Alain Mukuralinda yatangaje ko umuhanzi we benshi bamaze iminsi bibaza aho yarengeye ahari, kandi ko yiteguye gushyira hanze indirimbo nshya nyuma...
7 May 2020 Yasuwe: 6905 0