Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Twagirayezu gaspal, yatangaje ko kubera amashuri azafungura mu kwa cyenda, uyu mwaka wa 2020 nta bizamini bya...
Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye tariki 30 Mata ryari rifitiwe amatsika n’abanyarwanda hafi ya bose bategereje impinduka nshya kuri gahunda ya Guma mu...
Kaminuza ya Oxford na Jenner Institute bakoze urukingo rwa coronavirus ruri gutanga icyizere nyuma yo kugeragerezwa ku nguge esheshatu zigashyirwa ahantu zashoboraga kwandura coronavirus mu gihe...
Abahanga mu by’ubuzima bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika baravuga ko hari umuti wakoreweho ubushakashatsi ndetse ko ushobora gufasha guhangana n’indwara ya coronavirus.
Diamond Platnumz usa nk’aho yakuyeho amakimbirane akiyunga na mama w’abana be Zari Hassan, kuri ubu yashoboye kuvugana n’abana be Tiffah na Nillan nyuma y’amezi atari macye batabonana.