skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Perezida Trump yavuze ku nkuru ivuga ko mugenzi we Perezida Kim Jong Un ubuzima bwe buri ahabi

Mu ntangiriro z’iki cyumweru Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America Donald Trump yavuze ko ibyatangajwe n’ ibinyamakuru byinshi ko Prezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un arembye cyane ari ibihuha.
25 April 2020 Yasuwe: 3655 0

Perezida Museveni yazamuye ibendera ry’Igihugu ku modoka zatanzwe kugira ngo zifashe mu ntambara ya Coronavirus

Muri iki gitondo imodoka zirenga 40 zazamuweho ibendera ry’igihugu cya Uganda ahitwa Kololo Independence Grounds na Perezida Museveni. Yongeraho ko buri karere kagomba kugira nibura imodoka 10 ..
25 April 2020 Yasuwe: 4876 0

Tanzania irashinjwa guha urwaho icyorezo cya Coronavirus

Ukwiyongera k’ubwandu bw’icyorezo cya Coronavirus kwagaragaye muri Tanzania kwatumye.Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) rishinja Leta y’iki gihugu guha urwaho iki cyorezo bitewe...
24 April 2020 Yasuwe: 3563 0

Jackie Chandiru wo muri Uganda wigeze kubikwa ko yishwe n’ibiyobyabwenge ari mu buryohe bw’urukundo n’umuzungu wamubaye hafi

Umuhanzi Jackie Chandiru ukunzwe muri Uganda no mu karere,nyuma yo gukiruka ibiyobyabwenge ari mu bihe byiza by’urukundo n’umuzungu wamwihebeye wamubaye hafi mu bihe bibi bye byose by’uburwayi.
24 April 2020 Yasuwe: 3504 0

Umukobwa bamwambitse ubusa ku karubanda azira kwiba amata na Biswi ’Biscuits’

Ibyabaye kuri uyu mukobwa wo mu Gihugu cya Nijeriya muri leta ya Delta, nyuma yo gufatwa amaze kwiba mu iduka rya Willmat Supermarket ricuruza ibintu bitandukanye ndetse n’ubucuruzi bw’imiti,...
24 April 2020 Yasuwe: 7658 1

Louise Mushikiwabo yavuze ku irekurwa rya Kizito Mihigo n’iby’urupfu rwe

Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2020, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagiranye ikiganiro n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa RFI...
24 April 2020 Yasuwe: 2672 0

Tiwa Savage yasabye abasore bifuza kumurongora ko babigira vuba

Umuhanzikazi Tiwa Savage ukunzwe na benshi muri Afurika ndetse no ku yindi migabane,uvuga ko azi guteka neza, yakanguriye abasore bakwifuza kumugira umugore kubikora ubu kuko ngo igiciro cy’inkwano...
24 April 2020 Yasuwe: 4817 0

Kenya:Hashyizwe mu kato itsinda ry’abakobwa 21 nyuma yo kugwa gitumo bari gufata amashusho y’ubusambanyi

Polisi yo muri Kenya yataye muri yombi itsinda ry’urubyiruko rigizwe n’abantu bagera kuri 21 ririmo gufata amafoto n’amashusho by’urukozasoni, bahita bashyirwa mu kato aho bazasohoka bamaze gupimwa...
24 April 2020 Yasuwe: 2596 0

Jenerali w’igisirikare cya Irani yatangaje ko yiteguye kurasa ubwato bw’America kubera ibyo Trump yatangaje

Umuyobozi w’igisirikare cya Irani yavuze ko nabo bazasubiza ndetse bakanarasa ubwato bwa America mu gihe bwaba bugerageje kubashotora, aha yasubizaga ubutumwa Trump aherutse kwandika kuri Twitter...
24 April 2020 Yasuwe: 3901 0

Amerika ikomeje guca agahigo kabi mu kugira umubare munini w’abishwe na Coronavirus ku Isi nyuma y’uko abarenga 2,800 bapfuye...

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje guca agahigo kabi mu kugira umubare munini w’abishwe na covid-19.
22 April 2020 Yasuwe: 2537 0