Mu ntangiriro z’iki cyumweru Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America Donald Trump yavuze ko ibyatangajwe n’ ibinyamakuru byinshi ko Prezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un arembye cyane ari ibihuha.
Umuhanzi Jackie Chandiru ukunzwe muri Uganda no mu karere,nyuma yo gukiruka ibiyobyabwenge ari mu bihe byiza by’urukundo n’umuzungu wamwihebeye wamubaye hafi mu bihe bibi bye byose by’uburwayi.
Ibyabaye kuri uyu mukobwa wo mu Gihugu cya Nijeriya muri leta ya Delta, nyuma yo gufatwa amaze kwiba mu iduka rya Willmat Supermarket ricuruza ibintu bitandukanye ndetse n’ubucuruzi bw’imiti,...
Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2020, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagiranye ikiganiro n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa RFI...
Umuhanzikazi Tiwa Savage ukunzwe na benshi muri Afurika ndetse no ku yindi migabane,uvuga ko azi guteka neza, yakanguriye abasore bakwifuza kumugira umugore kubikora ubu kuko ngo igiciro cy’inkwano...