Diamond Platnumz ni umwe mu bahanzi bamaze kwamamara cyane muri afurika, uretse kwamamara uyu muhanzi ni n’umwe mubafite amafaranga menshi akura mu muziki akora.
Ikipe ya Bugesera FC yo mu karere ka bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba yashyikirije abakozi bayo aribo abatoza n’abakinnyi amabaruwa abahagarika kummirimo kubera coronavirus.
Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC akaba ari Umuyobozi w’Ikipe ya Gasogi united, avuga ko Ikipe ya APR FC iyoboye urutonde rwa shampiyona yagakwiye guhabwa igikombe cya 2019-2020 mu gihe...
Irene Louis uzwi ku izina rya Official Lyyn yagaragaye ari ku modoka isa neza n’iya Harmonize avuga ko akeneye umugabo cyane muri iki gihe cyo gufunga, abafana bamugiriye inama yo gusubira kuri...
Ibihe bikomeye bisaba ingamba zikaze ... Abafana ba Huddah Monroe noneho bazatangira kwishyura hafi $ 20 buri kwezi kugirango barebe ibiri kuri Instagram ye muri iki gihe cyo gufunga.
Umuhanzi David Adedeji Adeleke ukomeye cyane mu muziki nyagurika by’umwihariko mu gihugu cya Nigeria ari byishimo nyuma y’uko umukunzi we, Chioma Avril akize icyorezo cya COVID-19 yari arwaye.