skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Diamond ari gutembera mu modoka yahoze yifuza ihenze cyane ku kayaba k’amamiliyoni y’Amanyarwanda

Diamond Platnumz ni umwe mu bahanzi bamaze kwamamara cyane muri afurika, uretse kwamamara uyu muhanzi ni n’umwe mubafite amafaranga menshi akura mu muziki akora.
21 April 2020 Yasuwe: 7324 0

Abakinnyi n’abatoza b’ikipe ya Bugesera Fc bahawe amabaruwa abahagarika ku mirimo yabo kubera Coronavirus

Ikipe ya Bugesera FC yo mu karere ka bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba yashyikirije abakozi bayo aribo abatoza n’abakinnyi amabaruwa abahagarika kummirimo kubera coronavirus.
21 April 2020 Yasuwe: 934 0

KNC yavuze ko igikombe cya shampiyona cyahabwa ikipe ya APR FC

Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC akaba ari Umuyobozi w’Ikipe ya Gasogi united, avuga ko Ikipe ya APR FC iyoboye urutonde rwa shampiyona yagakwiye guhabwa igikombe cya 2019-2020 mu gihe...
21 April 2020 Yasuwe: 2686 0

Uwahoze ari umukunzi wa Diamond ari gushaka umugabo

Irene Louis uzwi ku izina rya Official Lyyn yagaragaye ari ku modoka isa neza n’iya Harmonize avuga ko akeneye umugabo cyane muri iki gihe cyo gufunga, abafana bamugiriye inama yo gusubira kuri...
21 April 2020 Yasuwe: 7669 0

Covid-19:Huddah Monroe yashyizeho amafaranga ugomba kwishyura ku kwezi kugira ngo ajye akoherereza ubwambure bwe[AMAFOTO]

Ibihe bikomeye bisaba ingamba zikaze ... Abafana ba Huddah Monroe noneho bazatangira kwishyura hafi $ 20 buri kwezi kugirango barebe ibiri kuri Instagram ye muri iki gihe cyo gufunga.
21 April 2020 Yasuwe: 5173 0

Tanasha Donna yatewe ishyari n’amagambo Diamond Platnumz yavuze kuri Zuchu

Tanasha Donna ntabwo yishimiye uburyo Diamond afata Zuchu, umunyamuryango mushya wa Wasafi. Mu cyumweru kimwe gusa, uyu muhanzikazi amaze kugira abafatabuguzi ’Subscribers’ barenga ibihumbi 100...
21 April 2020 Yasuwe: 8893 0

Jackie Chandiru wari warabaswe n’ibiyobyabwenge akanabikwa ko yapfuye,Yambitswe impeta

Umuhanzikazi wo muri Uganda Jackie Chandiru umaze igihe kinini yitabwaho n’abaganga kubera ingarukq yagizweho n’ibiyobyabwenge yahishuye ko yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we w’igihe...
20 April 2020 Yasuwe: 4367 0

Davido mu byishimo nyuma y’ibyo Imana yakoreye umukunzi we

Umuhanzi David Adedeji Adeleke ukomeye cyane mu muziki nyagurika by’umwihariko mu gihugu cya Nigeria ari byishimo nyuma y’uko umukunzi we, Chioma Avril akize icyorezo cya COVID-19 yari arwaye.
20 April 2020 Yasuwe: 1939 0

ShaddyBoo yahaye ibyo kurya abaturanyi be yizihiza isabukuru ye y’amavuko

Shadia Mbabazi wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo yifatanyije n’abaturanyi be abagenera inkunga y’ibyo kurya muri iyi minsi Isi ihanganye n’icyorezo cya coronavirus.
20 April 2020 Yasuwe: 2634 0

Madagascar iramurika umuti wa Coronavirus ukoze mu bimera

nyuma yuko ku isi yose abashakashati bari gukora amanywa n’ijoro bagerageza kubona umuti n’urukingo rw’icyorezo cya Coronavirus, Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yatangaje ko igihugu cye...
20 April 2020 Yasuwe: 6154 1