Umuryango w’Abaganga bo muri Kenya bahuje imyemerere ya Kiliziya Gatolika, KCDA (Kenya Catholic Doctors Association) wasabye abaturage kutemera guterwa inkingo za Covid-19, ukavuga ko zidakenewe.
Icyamamare mu njyana ya Bongo Flava wamamaye ku izina rya Rayvanny yasabye imbabazi umukunzi wa Harmonize bari gukundana cyane muriyi minsi ya vuba nyuma yo gusakaza amashusho ku rubuga rwa...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije amaze gukingirwa COVID-19.Ni mu muhango wo gutangiza gahunda yo gukingira iki cyorezo uri kubera mu Bitaro bya Masaka biherereye mu Murenge wa Masaka mu...
Intumwa y’Imana, Dr Apotle Gitwaza, umuyobozi w’amatorero ya Zion Temple ku isi yashimiye abantu bose bamufashije muguherekeza umubyeyi we umubyara witabye Imana mu minsi ishije.
Mu gace ka Sofia mu Karere ka Busia muri Uganda, inzuki zakoze agashya ubwo zataga muri yombi abajura babiri, Wycliffe Kinara na Richard Duki, bari bibye umuturage witwa Rashida Jowelia televiziyo...