skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Pasiteri Niyomwungere Constantin w’i Burundi mu bazashinja Paul Rusesabagina mu rukiko

Umuvugabutumwa ukomoka mu Burundi, Pasiteri Niyomwungere Constantin yatangaje ko ari mu batangabuhamya bazashinja mu rukiko Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ubutabera bw’u...
4 March 2021 Yasuwe: 1660 0

Umuhanzi nyarwanda Dr Jiji nyuma y’imyaka myinshi yaraburiwe irengero yagarutse

Umuhanzi wamenyekanye cyane mu myaka yashize nka Dr Jiji yagarutse mu muziki, aho yagarukanye imbaraga nyinshi mu ndirimbo nshya yise Umama ikoze mu rurimi rw’igiswahili.
4 March 2021 Yasuwe: 2002 0

Miss Pamella Uwicyeza yerekanye ko akizirikana The Ben wamusize akaba yarisubiriye muri Amerika[AMAFOTO]

Mu ntangiriro z’ukwezi gushyize kwa Gashyantare 2021 nibwo twababwiye inkuru yuko umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi cyane ku izina rya The Ben yerekeje muri leta zunze ubumwe za Amerika aho asanzwe...
3 March 2021 Yasuwe: 3916 0

Umunyarwandakazi w’ikimero yahishuye byinshi ku bimaze iminsi bivugwa ku rukundo rwe na Diamond[AMAFOTO]

Jasinta Makwabe, umunyamiderikazi ukomoka mu gihugu cy’U Rwanda akaba anaherutse guhagararira igihugu cya Tanzania mu irushanwa rya Miss Africa Calabar, yasobanuye byinshi mu bimaze iminsi bivugwa...
3 March 2021 Yasuwe: 3194 0

Umukobwa yahimbye ikinyoma ko atwite bamuteye inda akiri muto agenda asabiriza amafaranga

Uyu mukobwa ukomoka mu gihugu cya Nigeria yahimbye ikinyoma ko atwite maze akagenda asabiriza amafaranga ko bamuteye inda akiri muto bityo akaba yarabuze ubufasha.
3 March 2021 Yasuwe: 2770 0

Umupasiteri yatawe muri yombi nyuma y’uko abakirisitu be barohamye mu ruzi bari kubatizwa

Kuri iki cyumweru gishize, itariki ya 28 Gashyantare 2021, umupasiteri wa rimwe mu matorero yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatawe muri yombi nyuma y’uko batatu mu bakristu be bari...
3 March 2021 Yasuwe: 1818 0

Muri Sudani y’Epfo Abajenerali 3 bapfiriye rimwe umunsi umwe

Muri Sudani y’Epfo Coronavirus iravuza ubuhuha aho mu munsi umwe gusa yahitanye Abajenerali batatu aribo Gen David Manyot Barach, Gen Elijah Alier Ayom na Gen Mabior Maket.
3 March 2021 Yasuwe: 1472 0

Ikishe Mushimiyimana Jacqueline wari wagiye mu birori by’isabukuru ye y’amavuko akagarurwa yapfuye cyamenyekanye

Umuvugizi wa Minisiteri y’umutekano w’imbere mu Burundi, Pierre Nkurikiye yatangaje icyavuye mu iperereza ryakozwe ku rupfu rw’umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko witwa Mushimiyimana Jacqueline.
3 March 2021 Yasuwe: 5759 0

Umukinnyikazi wa Filime ukomeye ku Isi ’Judd’ yashimiye byimazeyo abagabo 6 bo muri Congo batabaye ubuzima bwe bwari mu...

Umunyamerikakazi wamamaye cyane muri sinema za hollywood, Ashley Judd, arashima uburyo abaturage bo muri Congo , cyane cyane abagabo 6, batabaye ubuzima bwe bwari mu kaga bakamugeza kwa muganga...
3 March 2021 Yasuwe: 2065 0

Umutaliyanikazi ’Sarah’ wahoze ari umugore wa Harmonize yamwakijeho umuriro ku buryo ngo ashaka ko n’isahane bazayigabana[AMAFOTO]

Sarah Michelotti wahoze ari umugore wa Harmonize yatangaje ko ari gushaka gatanya kandi ko bagomba kugabana baringanije imitungo yose y’uyu muhanzi.
3 March 2021 Yasuwe: 2734 0