Mu minsi ibiri ishize hari amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko amanota y’abakoze ikizamini cya leta gisoza amashuri abanza yasohotse ndetse ko batangira no kuyareba, aya makuru...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 23 Ukuboza 2019, ikipe ya Gasogi United yatangaje ko yamaze gutandukana n’abari abakinnyi bayo batandatu harimo n’umunyezamu Isingizwe Patrick wari warahagaritswe n’iyi...
Kuri uyu wa Mbere taliki 23 Ukuboza 2019, urukiko rukuru rwo mu murwa mukuru wa Arabie Saoudite, Riyadh, rwahamije abantu uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi. The Bloomberg ivuga ko...
Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Burera iratangaza ko yafashe udupfunyika tugera ku 2000 tw’urumogi mu modoka umusaza wari udutwaye mu gikapu agahita...
Gen Ahmed Gaid Salah wari usanzwe ari umugaba w’ingabo muri Algeria yitabye Imana azize umutima mu gihe igihugu cye kiri mu bihe bidasanzwe nyuma y’iyegura rya Abdellaziz Bouteflika wahoze ayobora...
Igisirikare cya DR Congo cyatangaje ko ku wa gatandatu ushize cyashyikirije u Rwanda inyeshyamba 71 ziheruka gufatwa mu rugamba rukomeje rwo kurwanya imitwe y’inyeshyamba muri icyo...
Ni kenshi uzasanga hari abakinnyi barekana itsinzi mu buryo butandukanye aho kuri izo mpamvu.Ihuriro ry’amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Burayi, UEFA, ryafatiye ibihano Ishyirahamwe ry’umupira...