Umwarimu witwa Nzuwonemeye Apollinaire n’umunyeshuri, Umubyeyi Flora basanzwe mu nzu yakodeshejwe n’umwarimu mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bari mu bikorwa...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB), rukurikiranye umugabo witwa Rwamiye Anastase wo mu Murenge wa Rusebeya muri Rutsiro ukekwaho kwica umugore we witwa Everiane Umazekabiri na Ntakamarishavu...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe (Meteo Rwanda) kiratangaza ko kuri uyu wa kane tariki 26 Ukuboza 2019 hagati ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo na saa sita z’amanywa hateganyijwe imvura iri buhere...
Muri Matayo igice cya 20 umurongo wa 19, havuga ko Yesu bazamugambanira mu bapagani, bamushinyagurire, bamukubite imikoba, bamubambe, ariko ku munsi wa gatatu...