skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Rhinoceros yo muri Tanzania yari ishaje kurusha izindi ku isi yapfuye

Igikoko cya rhinoceros byibazwa ko ari cyo cyari gishaje kurusha ibindi byyo muri ubwo bwoko cyapfiriye muri Tanzania gifite imyaka 57.
30 December 2019 Yasuwe: 1549 0

Umunyarwandakazi Kate Bashabe na Sadio Mane bateje impaka muri Senegal[AMAFOTO]

Umunyarwandakazi Kate Bashabe n’umunya-Senegal ukinira Liverpool FC bateje impaka muri Senegal aho abantu bari kwibaza bati ‘ Abanyarwanda n’Aba-Senegalese ni abahe...
30 December 2019 Yasuwe: 16393 3

Umwarimu yagiye kwigisha ibice by’umubiri yambaye mu buryo butangaje

Umwarimu witwa Veronica Duque wo muri Espagne yazanye uburyo bushya bwo kwigisha ibice by’umubiri akoresheje umwambaro udasanzwe.
29 December 2019 Yasuwe: 10078 1

The Ben yubashye ibyifuzo by’abafana nyuma yo kugera i Kigali yogosha umusatsi[AMAFOTO]

Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu gihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika Benjamin Mugisha uzwi ku izina rya The Ben, ari mu Rwanda, aho yitegura gutaramira Abanyarwanda tariki ya 01 Mutarama 2020 mu...
29 December 2019 Yasuwe: 6618 0

Amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2019 (P6, S3 na TTC) agiye gushyirwa hanze

Ikigo cy’Igihugu cyita ku Burezi (REB) cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2019 (P6, S3 na TTC) azashyirwa hanze kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukuboza 2019 saa...
29 December 2019 Yasuwe: 5753 10

Kicukiro:Polisi yafashe abasore 2 bari bamaze kwiba amafaranga menshi kuri Telefone ya Tuyizere Isaac

Polisi y’igihugu yafatiye abasore babiri mu karere ka Kicukiro bari bamaze kwiba amafaranga ibihumbi magana atanu (500,000frw) kuri telefoni y’uwitwa Tuyizere...
29 December 2019 Yasuwe: 4606 0

Somalia:Ibyo abantu bise amahano byatwaye ubuzima bw’abantu 70 abandi benshi barakomereka

Abantu barenga 70 nibo bamaze kumenyekana mu bahitanwe n’igisasu cyaturikiye mu murwa mukuru wa Somalia ahagana mu masaha y’igitondo y’ejo kuwa Gatandatu taliki 28 Ukuboza...
29 December 2019 Yasuwe: 3092 1

Gahima wigeze kuba umugabo wa Aline Gahongayire yakoze ubundi bukwe[AMAFOTO]

Gahima Gabriel wahoze ari umugabo w’umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, nyuma bakaza gutandukana byemewe n’amategeko, yakoze ubukwe n’umukunzi we ukomoka muri...
29 December 2019 Yasuwe: 7813 3

Ng’endo Mukii wo muri Kenya niwe wegukanye ikamba rya Miss Africa Calabar 2019 mu gihe Muvunyi Tania yatashye...

Mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2019, ikamba ryegukanywe na Irene Ng’endo Mukii wari uhagarariye igihugu cya Kenya, naho Tania Muvunyi wagiye muri aya marushanwa ahagarariye u Rwanda...
29 December 2019 Yasuwe: 1224 0

The Ben yakoranye indirimbo na Hagenimana Fabien ufite ubumuga bwo kutabona

Umuhanzi Mugisha Benjamin [The Ben], yatangaje ko umutima we unyuzwe nyuma yo gushyira akadomo ku mushinga w’indirimbo yakoranye na Hagenimana Fabien ufite ubumuga bwo kutabona usanzwe ufite...
29 December 2019 Yasuwe: 1248 0
0 | ... | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | ... | 7410