Kuri uyu wa 30 Ukuboza 2019 umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Lumba, Fally Ipupa yatangaje ko asubitse ibitaramo yagombaga gukorera mu mijyi ya Kigali, Bujumbura na...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019 rishyira ku wa 1 Mutarama 2020, saa sita z’ijoro zuzuye hazaturitswa urufaya rw’ibishashi by’umuriro mu duce tune...
Amakuru yiriwe acicikana ku ku mbuga nkoranyambaga zo muri Afurika y’epfo mu mujyi wa Cape Town,aravuga ko Komite nyobozi y’ishyaka RRM rya Nsabimana Callixte Sankara yateranye k,umunsi w’ejo...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwahaye ikaze abifuza kwinjira mu gisirikare ku rwego rw’aba Ofisiye (Cadet courses) ko batangira kwiyandikisha ku bigo bya gisirikare bibegereye, ku mirenge no kuri...