Gusaza ni kimwe mu bintu buri muntu wese aba ategereje, igihe cyose imyaka igenda yiyongera. Hari ikigero cy’imyaka runaka tuvuga ko umuntu yashaje.Gusa hari ubwo usanga umuntu ashaje cyane ndetse...
Umukobwa witwa Anok Yai ni Umunyamidelikazi ukorera akazi ke muri Leta Zunzu ubumwe z’Amerika aho kuri afatwa nk’umugore mwiza ku isi ndetse unahenze mu...
Buri muntu aba afite ubwoko bumwe muri ubu uko ari bune ( A,B,AB na O).usanga abantu benshi kumenya ubwoko bw’amaraso yabo nta kintu bibabwiye kuko baba batazi akamaro ko kumenya ubwoko bw’amaraso...
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
Umukino wa shampiyona ya Arabie Saoudite wahuzaga Al-Nassr na Al-Fateh warangiye mu mahane, nyuma y’uko ikoranabuhanga rya VAR ryahagaze mu buryo bw’amayobera.