skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Biravugwa:Impinduka ku mukino ikipe ya Espoir Fc izakiramo Rayon Sports

Umukino w’umunsi wa gatatu wa Shampiyona Espoir Fc igomba kwakiramo Rayon Sports, biravugwa ko ushobora kubera mu mujyi wa Kigali.
10 October 2019 Yasuwe: 2992 0

Ikibazo cyari cyaratumye umunyezamu Kimenyi Yves adakina umukino wa Ethiopia n’Amavubi cyakemutse

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse na Rayon Sports, Kimenyi Yves wagize ikibazo cy’ibyangombwa ntakine umukino wa Ethiopia kuri ubu cyakemutse aho yamaze gukorerwa passport...
10 October 2019 Yasuwe: 1148 0

Ibitangazamakuru 5 bikomeye byo muri Uganda bishobora gufungwa burundu na leta y’iki gihugu kubera Bobi...

Ibitangazamakuru bitanu bikomeye byo mu gihugu cya Uganda, bishobora gufungwa burundu na leta y’iki gihugu cyangwa bikamburwa impushya zo kuhakorera kubera gutara inkuru zerekeye imyigaragambyo...
10 October 2019 Yasuwe: 1235 1

Reba ibintu 8 bituma umuntu agaragara nk’ushaje kandi akiri muto

Gusaza ni kimwe mu bintu buri muntu wese aba ategereje, igihe cyose imyaka igenda yiyongera. Hari ikigero cy’imyaka runaka tuvuga ko umuntu yashaje.Gusa hari ubwo usanga umuntu ashaje cyane ndetse...
9 October 2019 Yasuwe: 6001 1

Reba uburanga bw’umugore wa mbere mwiza ku isi unahenze[AMAFOTO]

Umukobwa witwa Anok Yai ni Umunyamidelikazi ukorera akazi ke muri Leta Zunzu ubumwe z’Amerika aho kuri afatwa nk’umugore mwiza ku isi ndetse unahenze mu...
9 October 2019 Yasuwe: 13498 3

Perezida Magufuli ati "Nibakubwira ngo uri mwiza babwire bajye kubibwira ba nyina"

Perezida John Magufuli ubwo yasuraga kamwe mu gace kitwa Rukwa yatunguwe no gusanga abana b’abakobwa bagera muri 229 baratewe inda n’abagabo maze abagira inama yo kujya babwira abagabo babashuka ko...
9 October 2019 Yasuwe: 3433 0

HUYE:Abagabo 2 batekeye umutwe umukobwa baranamusambanya

Kuri station ya RIB mu murenge wa Rusatira ho mu karere ka Huye hafungiwe abagabo babiri bakurikiranyweho gutekera umukobwa umutwe,bakanamusambanya.
9 October 2019 Yasuwe: 9377 4

Reba ibiribwa byagufasha bitewe n’ubwoko bw’amaraso yawe

Buri muntu aba afite ubwoko bumwe muri ubu uko ari bune ( A,B,AB na O).usanga abantu benshi kumenya ubwoko bw’amaraso yabo nta kintu bibabwiye kuko baba batazi akamaro ko kumenya ubwoko bw’amaraso...
9 October 2019 Yasuwe: 13926 1

Sadio Mane Rutahizamu ukomeye w’ikipe ya Liverpool yagaragaje urukundo rudasanzwe afitiye imwe mu ndirimbo za...

Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
9 October 2019 Yasuwe: 3693 0

VAR yahagaze mu mukino kubera umukozi wa sitade wayicomokoye asharija telefone ye

Umukino wa shampiyona ya Arabie Saoudite wahuzaga Al-Nassr na Al-Fateh warangiye mu mahane, nyuma y’uko ikoranabuhanga rya VAR ryahagaze mu buryo bw’amayobera.
9 October 2019 Yasuwe: 2168 0
0 | ... | 3710 | 3720 | 3730 | 3740 | 3750 | 3760 | 3770 | 3780 | 3790 | ... | 7410