Uyu mukobwa wamenyekanye cyane mu Rwanda ubwo habaga amarushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda aho yari ashyigikiye Miss Mwiseneza Josiane waje no gutorwa n’uwakunzwe na banyarwanda aho yaje kumuha...
Ubwo Chris Brown yari ari ku rubyiniro ari kuririmba indirimbo ye “Privacy”, yasomanye n’umwe mu babyinnyi be. Nyuma yaho abakunzi be benshi banenze icyo gikorwa bavuga ko Brown atari akwiye...
Ahagana ku isaha ya saa saba z’igicamunsi zo kuri uyuwa Kane taliki ya 3 Ukwakira 2019, mu Karere ka Gisagara haguye imvura nyinshi ivanze n’ umuyaga isenya icumbi ry’ ishuri ’Ecole Secondaire de...
Umuzamu Ndayishimiye Eric Bakame, yahishuye ko umwungiriza we Hategekimana Bonheur ari we wamufashije kwitwara neza akuramo penaliti z’abakinnyi ba Rayon...
Nyuma y’uko urukiko rw’ikirenga rwanzuye ko Uwamurera Salama adafite ubunaribonye bwatuma aba umusenateri, ishyaka PDI akomokamo riravuga ko ritanyuzwe n’iki cyemezo na ho Ihuriro...