Mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana, inzego z’ubutabera zataye muri yombi umugabo wiyemerera ko mu gihe cy’umwaka umwe amaze gusambanya abana b’abahungu 20. Uyu mugabo kandi yari amaze...
Tanzaniya hateye indwara mbi cyane itaramenyekana imaze guhitana abarenga 15, naho abandi barenga 50 bakaba bari mu bitaro biherereye mu majyepfo. Abayirwaye bari kurangwa no kuruka amaraso nk’uko...
Ku munsi w’ejo hashize tariki 7 Ganshyantare 2021, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yasuye abakinnyi b’amavubi bahagarariye u Rwanda mu mikino ya CHAN iheruka kubera muri Cameroon.
Ni kenshi wumva abagore bavuga ko batanezerewe mu umubano wabo cyangwa mu ngo n’ abo bashakanye. Uku kutishima babishinja abandi nyamara ntibatekereze ko baba ari bo ba nyirabayazana b’uwo munezero...