Kompanyi itunganya filime ya Barack Obama n’umugore we Michelle Obama yatangaje ko iri gutunganya filime esheshatu zirimo iz’urukundo n’izibanda ku buzima bw’urubyiriko, zizajya hanze mu gihe kiri...
Mu gace ka Kasenga, mu mujyi wa Uvira, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ahacumbikiwe abantu bavanywe mu byabo n’imyuzure muri Mata, umusore yasanzwe mu kigega cy’amazi apfutswe umunwa yanaziritswe...
Umudugudu wa Jenggot uherereye mu mujyi wa Pekalongan ho mu gihugu cya Indonesia, wahindutse nk’amaraso nyuma y’umwuzure wibasiye kariya gace abaturage bawutuye bashya ubwoba.
Mu rwego rwo gufungura iki gihugu, guverinoma yo muri Danemark yatangaje ko ifite gahunda yo gushyiraho pasiporo ya digitale ya coronavirus (Corona Passport) kugira ngo abaturage batange...
Hari amakuru yari arimo gucaracara ku mbuga nkoranyambaga ndetse no kuri bimwe mu bitangazamakuru , bavuga ko rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na APR Fc agiye gusanga umugore we baherutse...